• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Senateri Muyumba Francine, muri RDC, yanenze yivuye inyuma diplomasi ya Kinshasa, maze ashinja Kigali kubarusha amayeri.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe muba Senateri wo muri leta ya Félix Tshisekedi, yashinje leta ya Kigali, gushaka kubuza SADC kohereza ingabo zabo muri RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 21/06/2023, saa 3:35pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Francine Muyumba, umusenateri wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashinje leta ya Kigali, gukoresha amayeri yokuburizamo umugambi w’Umuryango wa SADC wo kohereza ingabo zabo mu burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bwakomeje kuvugwamo imirwano ya hato na hato hagati y’umutwe wa M23 ndetse n’igisirikare cya FARDC n’imitwe y’inyeshyamba ikorana byahafi na leta ya Kinshasa .

Senateri Mubyumba Francine, yavuze ibi akoresheje Urubuga rwe rwa Twitter, kuruyu wa Gatatu. Aho yagize ati “Leta ya Kigali, ikomeje gukoresha amayeri mukunoza umubano wabo n’ibihugu biri mumuryango wa SADC kugira ngo bakumire kohereza ingabo z’uyu muryango mu burasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Gukoresha dipolomasi bo barabikomeje munsi y’intege nke za Kinshasa.”

Yakomeje agira ati “Repubulika ya Demokarasi ya Congo, igihugu cy’ikinyamuryango wa SADC, igomba kumvisha ibindi bihugu bigize uyu muryango ko ari ingamba zo guca intege gahunda ya SADC ku bijyanye no kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo”.

Uyu musenateri kandi yanenze ubushobozi bucye bwa dipolomasi y’igihugu cye avuga ko ishobora kurushaho kugiteza ibibazo.

Ati “Ubushobozi buke bwa diplomasi bwa Kinshasa buragenda burushaho gushyira igihugu mu kaga ko kubura umutekano no kugicamo ibice. U Rwanda rwongereye ingamba z’ubufatanye, harimo no mu bya gisirikare n’ibihugu byinshi bya SADC hagamijwe kubona ko ibihugu by’uyu muryango byava mu byemezo byafashwe bishyigikira Repubulika ya Demokarasi ya Congo”.

Yongeyeho ko “SADC igomba kumva ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari igihugu kigize uyu muryango kandi ifite inshingano zo kuba inyuma ya RDC. Ibinyuranye n’ibyo bizaba bigize kurenga ku buryo bukomeye cyangwa ku nyandiko zigenga uyu muryango.”

Mu gusoza ubutumwa bwe yagize ati ” Kinshasa igomba guhagarika gutaka kubera leta ya Kigali, ikajya ku kazi kugira ngo irinde Congo “.

Senateri Muyumba yatangaje ibi mu gihe Perezida wa Zambia (Kimwe mu bihugu bigize SADC) yatangiye kuri uyu wa Kabiri uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, no mu gihe u Rwanda kuri ubu rufitanye umubano mwiza n’igihugu cya Mozambique nacyo kibarizwa muri uyu muryango.

Tags: amayeriarashinja KigaliKinshasaMuyumbaSadecSenateri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Kuruyu wagatatu Mai Mai Bishambuke, yagabye igitero mugace ko kuri Zero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?