• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Sobanukirwa byimbitse Inkuba ivahe? menya n’uko wayirinda.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2024
in Uncategorized
0
Sobanukirwa byimbitse Inkuba ivahe? menya n’uko wayirinda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sobanukirwa byimbitse Inkuba iva he? Menya n’uko yirindwa.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ni ibishashi by’ingufu n’amashanyarazi biturika mu kirere hagati y’ibicu n’ibindi cyangwa hagati y’ibicu n’ubutaka. Ibyo nibivugwa n’abahanga mu bya siyansi basobanura ‘Inkuba.’

Mbere y’uko ibyo bishashi biturika, umwuka ni wo utandukanya uruhande rw’izo ngufu rufite ikimenyetso cya + (Charges positives) n’urufite icya – (Charges negatives haba mu bicu cyangwa hagati y’ibicu no ku butaka.

Iyo izo mpande zombi zimaze kugira ingufu zihagije, wa mwuka uzitandukanya ucika intege, maze izo mpande zikegerana cyane mu buryo bwihuse, zikaba zikozanijeho. Uko gukozanyaho kwazo nibyo bituma habaho Inkuba.

Umwuka uri aho uko gukozanyaho kubera uba washyushye ukagera kuri dogre Celsius ibihumbi 28, hafi inshuro 5 ugereranije n’ubushyuhe bwo ku izuba.

Iturika ry’ibyo bishashi ry’umvikana mu ijwi riremereye cyane ndetse riteye ubwoba, ku buryo benshi baritinya.

Abarwara umutima bo hari ubwo rituma bagwa igihumure bitewe n’intera bary’umviyemo, cyane ko rishobora kumvikana kugera nibura mu ntera y’ibirometre nka 16 uvuye aho iryo turika ryabereye.

Uko gukozanyaho kumara igihe gito cyane, maze hakagaragara umurabyo unyura aho izo mpande zacukiraniye, mbere gato y’uko zongera gutandukana.

Ugutandukana kw’izo mpande kuko umuyaga utagira gufata icyerekezo kizamuka, naho ibitonyanga by’amazi bigatangira kwerekeza hasi.

Nubwo inkuba ikibitira ahantu hamwe ku butaka, mu kirere ho iba yageze kure cyane, ibyo abahanga mu bya siyansi basobanura ko ari yo mpamvu wumva urusaku rw’inkuba ruturitse cyane rimwe, ariko ugakomeza kumva umuhindo.

Urusaku rwayo wumva ruturitse cyane ruba rusobanuye ko ikubitiye hafi yaho uri.

Bijyanye n’uko urusaku rw’inkuba rugenda kirometre 1,6 mu masegenda atanu, iyo ushaka kumenya intera Inkuba ikubitiyemo uvuye aho uri, ufata umubare w’amasegenda yaciyemo hagati y’igihe wabanye umurabyo n’igihe wumviye urusaku maze ukagabanya gatanu.

Umubare ubonye uba ungana n’intera iri hagati y’aho uri n’aho Inkuba yakubitiye. Niba igisubizo ubonye ari gatanu, biba bivuye ko harimo intera ya kirometre 1,6, niba ubonye 10 bivuze ko harimo intera ya kirometre 3, gutyo gutyo.

Byumvikanye ko iyo usanze igisubizo kiri munsi ya 1, iba yakubitiye hafi y’aho uri.

I Nama itangwa n’abahanga n’uko mu gihe wumva Inkuba yakubitiye hafi y’aho uri, ugomba kwirinda kugendana ibyuma cyangwa kugendera kubinyamitende, gucomokora ibikoresho byose bicometse ku mashanyarazi, kwirinda kujya munsi y’ibiti bishobora kukugwira.

Iyo Inkuba yakubitiye hafi y’aho uri, cyangwa hafi cyane y’aho uri, ubufite ibyago byinshi byo kuhasiga ubuzima.

         MCN.
Tags: ByimbitseInkubaUko wayirinda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
I Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakozwe urugendo rudasanzwe rugamije kubohoza igihugu cya RDC.

I Rutshuru mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hakozwe urugendo rudasanzwe rugamije kubohoza igihugu cya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?