• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Soseyete sivile mu bice biberamo intambara muri Kivu y’Amajyaruguru, batangiye kwibaza ibibazo birimo iby’Abanyeshuri.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abayobozi ba Soseyete sivile muma teritware agize igihe muntambara batangiye kwibaza kubijanye na Mashuri?

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 18/08/2023, saa 4:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Soseyete sivile ya Masisi Rutsuru na Nyiragongo, batangiye kwibaza ibibazo birimo uko umwaka wa mashuri wa 2023 na 2024 uko bizagenda, ni mugihe iki gihugu cyitegura gufungura amashuri ariko izo teritware zikaba ziri mubibazo by’intambara.

Iki kibazo bagishize kumeza mugihe hasigaye ibyumweru bibiri(2) gusa ngo amashuri atangire mu gihugu hose.
Utu turere tuvuye kuvuga imyaka ibiri ishize abana baho batiga kubera ibi bice hakomeje kuvugwa intambara n’intambara ihuza M23 n’ingabo za RDC.

Umuvugizi wa Soseyete Sivile muri teritware ya Masisi yagize ati: “Hano muri Masisi, buri munsi abantu barahunga abandi bakicwa ndetse nabandi bagakorerwa ibyamfurambi!
None tugeze igihe cyogufungura amashuri ntacyo Minisitiri w’uburezi arabitangazaho! Kandi aha harabanyeshuri barimubice byafashwe n’inyeshamba .”

Uyu mugabo nubundi yakomeje avuga ko haba hari nabandi banyeshuri bari mu ma kambi y’impunzi babuze ubushobozi kandi ko na babyeyi babo baba badafite uburyo bwokwigisha abo bana kuko ubushobozi aribuke ndetse ko nokubona ibyokurya bibagora akomeza avugako badafite ubushobozi bwokugura ibikoresho byabanyeshuri ndetse bikaba byashimangiwe numwe uri mu nkambi y’Impunzi ziri ahitwa Rugari hafi na Goma kuva mukwezi kwacuminabiri umwaka ushize.

Ishirahamwe ryabigisha naryo rikaba risabisha ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, kugarura umutekano mukarere kayobowe n’inyeshamba za M23 kugirango ba bone uko bakora akazi kabo ka burimunsi.

Uwitwa Fidele Byuma, umuyobozi wi’shirahamwe ryab’Arimu muri Congo nawe yasabye leta ya Kinshasa kugarura amahoro Muburasirazuba bw’iki gihugu, kugirango Abarimu bazabashe kwigisha neza.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko guhera mu mwaka wa 2021 na 2022, aba banyeshuri batiga mubice bya Masisi na Rutsuru nigice ca Nyiragongo. Gusa ngo bamwe mu Mpunzi bahunze bafite ubushobozi bagiye bakomereza amashuri yabo i Goma.

Ibi bibaye mugihe abahagarariye Abanyeshuri muri za Kaminuza, iki kibazo bari bakigejeje kwa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko kugeza none ntikirabonerwa igisibizo.

Tubibutseko M23 iheruka gusohora itangazo muruku kwezi kwa Munani, rihamagarira abanyeshuri na barimu kuza gufungurira amashuri mubice bagenzura kandi bakazira kugihe.

Tags: abanyeshuriMasisiNyiragongoRutsuruSoseyete Sivile
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Lweba, hubuye imirwano mishya ni mirwano irimo guhuza Umutwe wa Mai Mai Bishambuke na basirikare ba leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?