• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Sosiyete sivile yo muri teritware ya Beni, yihanangirije ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwana kinyamwuga bagatsinda M23 yavuzwe muri ibyo bice.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Sosiyete sivile yo muri teritware ya Beni, yihanangirije ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwana kinyamwuga bagatsinda M23 yavuzwe muri ibyo bice.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sosiyete sivile ya Kasindi , muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, basabye Fardc guhagarara kigabo bakarwanya M23.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni ngabo za leta ya Kinshasa zahamagariwe gukora ibishoboka byose bagaharika kuja imbere kwa M23, n’inyuma yuko M23 ikomeje kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Guverinoma ya Kinshasa mu bice byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo.

Ibi sosiyete sivile yo mu bice bya Kasindi, yabisabye ubwo bari bahawe urubuga kuri radio okapi.

Bagize bati: “Mu byukuri duhangayikishijwe kandi no kuja imbere kwa barwanyi ba M23, muri teritware ya Rutshuru. Kubera ko twe i Kasindi, duteganye na centre ya Vitshumbi, iheruka kwigarurirwa nabo barwanyi ba M23, bityo dufite ubwoba ko batugeraho natwe, rero ingabo za RDC zikwiye gukora ibishoboka byose nk’i ngabo bagasubiza inyuma M23.”

Iyi sosiyete sivile kandi irahamagarira abaturage kuba maso cyane urubyiruko kugira rwitegure kurwanirira igihu cyabo, ngo kuko Fardc isa nimaze gucika intege.

Ati: “Umutekano niwo uhangayikishije buri wese, kuja imbere kwa M23 biteye isoni ku ngabo zigihugu. Abaturage bagomba kuba maso, kandi cyane urubyiruko. Twirinda n’ibihuha muri iki gihe.”

Sosiyete sivile Yakomeje ivuga ko teritware ya Beni na Lubero arizo zitavugwamo M23 ariko ko muri iki gihe arizo zitahiwe ko ndetse hari n’amakuru amwe avuga ko bamaze kugera muri ibyo bice.

Ku wambere ushize, M23 yafashe agace ka Vitshumbi kari mu marembo ya teritware ya Beni na Lubero, ni nyuma yimirwano ikaze yahuje M23 n’ingabo zirwana kuruhande rwa leta ya Kinshasa. Iyo mirwano yasize M23 y’irukanye Fardc n’abayifasha kurwana, birukanwe mu bice bya Nyanzale, Kikuku, Mutanda, Kibirizi, Rwindi n’ahandi.

              MCN.
Tags: BeniGuhagarika kuja imbere kwa M23Irasaba FardcSosiyete sivile ya Kasindi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Burundi, ibabajwe n’urupfu rwa Lt General Godfroid Bizimana, rwatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13/03/2024.

Leta y'u Burundi, ibabajwe n'urupfu rwa Lt General Godfroid Bizimana, rwatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13/03/2024.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?