• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, November 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 1, 2025
in World News
0
Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

You might also like

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

Komisiyo y’amatora mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko “Samia Suluhu Hassan ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, aho yayatsinze ku majwi 97, 66%.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, itariki ya 01/11/2025, ni bwo iriya komisiyo y’amatora yatangaje uwatsinze amatora muri Tanzania.

Ni igikorwa kigiye gutuma Samia Suluhu Hassan akomeza kuyobora Tanzania, nyuma y’uko yageze ku butegetsi bw’iki gihugu nyuma y’urupfu rwa Pombe Magufuli witabye Imana muri 2021.

Iriya komisiyo yagaragaje ko Samia Suluhu yabonye amajwi arenga miliyoni 31,9 by’abatoye bose. Ivuga kandi ko ubwitabire bwari kuri 87% mu gihe abiyandikishije ku gutora bari kuri miliyoni 37,6.

Ariko aya matora yaranzwe n’akavuyo aho abiganjemo urubyiruko bavuga ko atabaye mu mucyo kuko ngo hari abatavuga rumwe n’ubutegetsi batemerewe kwiyamamaza. Abo barimo Tundu Lissu w’ishyaka rya Chadema na John H n’abandi.

Inzego zishyinzwe umutekano zakoze ibishoboka byose kugira ngo zikumire iyi myigaragambyo yamaze iminsi itatu, aho yatangiye ku wa gatatu, zinasaba kandi ko abaturage bakorera mu rugo mu rwego rwo kwirinda ko imvururu zifata indi ntera.

Imyigaragambyo yangije byinshi, kuko ibigo byinshi byaratwitswe, imihanda irangizwa, ndetse kandi hari n’ibinyabiziga byatwitswe. Ni mu gihe kandi abantu babarirwa muri 700 bahasize ubuzima, abandi benshi barakomeretswa.

Samia Suluhu Hassan watsinze amatora ni umugore w’imyaka 65 y’amavuko, ntabyinshi bimugaragaza ashimirwa usibye kugaragaza ko yagize uruhare mu kuyobora igihugu cye nyuma y’urupfu rwa Magufuli, iki gihugu kigakomeza umurongo w’iterambere.

Tags: 66AmatoraSuluhuYatsinze amatora 97
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w'iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza;...

Read moreDetails

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Akajagari kadasanzwe mu matora y'umukuru w'igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera Mu gihe muri Tanzania hari amatora y'umukuru w'igihugu, imyigaragambyo na yo iracya igiti, aho urubyiruko...

Read moreDetails

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w'u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n'icyarimuteye Umukobwa wa Brigitte Macron(muka perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa), yabwiye urukiko rwo muri iki gihugu cye, ruherereye...

Read moreDetails

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka Indege nto ya gisivili yaritwaye abagenzi 12 yakoze impanuka bose bitaba Imana, nk'uko amakuru aturuka muri Kenya byabeye abitangaza. Iyi mpanuka yabaye...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- "nta handi kiraboneka ku isi" Ubutasi bw'igisirikare cya Norvege bwatangaje ko u Burusiya koko bwagerageje igisasu kirimbuzi cya...

Read moreDetails
Next Post
Amashyaka 12 atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC yahagaritswe

Amashyaka 12 atavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC yahagaritswe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?