
THEME: AKAMARO K UMUSARABA WA YESU KRISTO.
Turakomeye kuganiira hejuru ya Pasika.
Texte: Matayo 10:38
Kandi utikorera umusaraba we ngo ankurikire, ntakwiriye kuba uwanjye.
INTRODUCTION:
UMUSARABA N iki?
Umusaraba akenshi abantu bawugereranya n ikibazo cg ikigeragezo umunt ahuye naco.
Ariko rero, Umusaraba, n igiti gitambitsehw ikindi nkamaboko abiri.
Ari nawo dusanga ahantu hatandukanye kubemera Yesu,
Ijambo ” Umusaraba” rivugwa ubgambere mw’Isezerano rishya.
Rikavugwa incuro,29 muri Bibiliya Yera,
Ariko harahandi henshi tugenda dusanga ijambo” Igiti co kumanikwaho”
Itang 40:19.
DEVELOPEMENT:
Tubanze turebe amateka y Umusaraba.
Amateka yakera avuga ko habagaho imisaraba yuburyo butandukanye mubaromani.
Habagaho umusaraba umeze nka T.
Hakabaho indi imeze nka X.
Hakabahw indi imeze nka Y.
Hakabahw indi imeze,nka I
Iyingiyi niyo yakoreshwaga cane
Kubabaz uwaciriw urwo kumanikwa.
Ariko uyu Yesu yabambgeho,ntabgo wakoreshwaga.
Nibande bamanikwaga kuririya misaraba:
1) Imbata.
2) Abicanyi ruharwa,
Ariko batari benegihugu,( Abanyamahanga)
Reka tureb uy Umusaraba Yesu yabambgeho.
Uyumusaraba war ibiti bibiri bihujijwe,uteze nkamaboko,
Nubgo haramadini amwe avuga ko war igiti kimwe.
Wapimaga ibiro 50.
Kuber inkoni nyinshi zitagir umubare Yesu yakubiswe,
Zamumazemw imbaraga,hamwe n uburemere bg Umusaraba,
Byatumye umugwana gatatu,
Batangira Simoni,w umunyafurika.( Umunyakurene,muri Libiya)
Mat 27:32
Tureb impamvu zatumye Babamba Yesu kur uy Umusaraba utarakoreshwaga:
1) Abayuda n Abaromani,bamushij ibinyoma by ubugome burenz urugero
Mark 14:55–58
2) Ukuri Yesu yababgiraga,kwarabababazaga,
Bashaka kumukuraho,bakoresheje kumubabaza cane. Yoh 8:40–44
3) Bangaga kumva ko ababgira ko we,ar Umwana w Imana. Mat 26:63
Yoh 10:33–36
CONCLUSION:
Tureb IMBARAGA ziba mumusaraba wa Yesu.
Mat 10:38 Yesu yakoreshej Umusaraba, yerekana:
1) Kwihanganir imibabaro uterwa nuko wizey Imana.
Mat 5:11; Yoh 15:20
2) Kwikorer urupfu rwa Kristo n imibabaro ye iminsi yose mumubiri wawe, 2 Kor 4:10-12.
3) Urukundo rw Imana muribo ruzarut uko bikunda.
Mat 10:37–39.
Tureb akamaro k Umusaraba waYesu.
1) Niwo waduheshej amahoro.Kol 1:20
2) Niwo Imana yakoresheje mukwiyubga natwe. Kol 1:20
3) Nimwo Imana yabits imbaraga z Agakiza kacu.1 Kor 1:18.
4) Nimwo habits imbaraga zunz abar amahara kubiri, Efes 2:16
5) Nimwo hari depot ( Amura) y imbaraga zitsind umwanzi,
Efes 2:16
Nurupfu,Hebr 2:14–15
6) Nimumusaraba har imbaraga zamiz urupfu,zivuga satani kumugaragaro,
Kol 2:14–15
7) Mumusaraba,nimwo hazingazingiy imbaraga ziza zimir imbaraga za Satani,n abadayimoni,
Kuv 7:10–12
Hebr 2:14–15
“”Umugenzi” Mukristo niho yakuriwehw ibyaha.
Ahaherwa ibintu bitatu(3)
A) Imyambaro myiza Yes 61:10
B) Umuzingo w igitabo.
C) Ikimenyetso.Efes 1:13.
Imana ibahumugisha
Mwarikumwe na mweneso:
GAHUMUZA GAPINGI. YONASI
UMUSHUMBA W ITORERO RYA KRISTO YESU KAMPALA UGANDA.
+256762111099
+256705025480




