• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Trump wabayeho perezida wa Amerika yavuze impamvu agiye kongera kwiyamamariza aho aheruka kurasirwa.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2024
in Regional Politics
0
Trump wabayeho perezida wa Amerika yavuze impamvu agiye kongera kwiyamamariza aho aheruka kurasirwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump wabayeho perezida wa Amerika yavuze impamvu agiye kongera kwiyamamariza aho aheruka kurasirwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Bi kubiye mu butumwa bwana Donald Trump yatanze kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27/07/2024, akoresheje imbuga nkoranya mbaga avuga ko agiye kongera kwiyamamariza muri leta ya Pennsylvania.

Ubutumwa bwa bwana Trump bugira buti: “Nzasubira i Butler muri Pennsylvania mu bikorwa binini kandi byiza byo kwiyamamaza, mu rwego rwo guha icyubahiro inzirakarengane zahaguye n’abandi bakomeretse mu byumweru bibiri bishize.”

Uyu mugabo wigezeho kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanavuze kandi ko azakomeza ibikorwa byo kwiyamamaza, anashimangira ko urwego rwa ‘secret service ‘ rwemeye kongera cyane imikorere yarwo no gukaza cyane imikorere yarwo no gukaza ingufu mu kubungabunga umutekano.

Ikindi yashimangiye ko nta muntu n’umwe ugomba kwemererwa guhagarika ubwisanzure bwe bwo kuvuga cyangwa guteranira hamwe n’abandi.

Mu byumweru bibiri bishize nibwo bwana Trump yarasiwe i Butler muri Pennsylvania, araswa n’umusore w’imyaka 20 y’amavuko agakomereka.

Tu bibutsa ko Trump yarashwe n’ubundi ari mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Cumi n’abiri uyu mwaka muri iki gihugu.

            MCN.
Tags: Agiye kwiyamamazaImpamvuMuri leta ya PennsylvaniaTrump Donald
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Magloire Paluku uheruka kugaragara yambariye urugamba ni muntu ki?

Magloire Paluku uheruka kugaragara yambariye urugamba ni muntu ki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?