• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.

minebwenews by minebwenews
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.

You might also like

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho

Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye

Byatangajwe na nyiribwite, bwana Donald Trump aho yatanze ubutumwa buri mu nyandiko ku rubuga rwa x avuga yongeye gusimbuka urupfu nyuma y’uko hari abagerageje kumurasa akaza guhungishwa igitaraganya.

Yagize ati: “Mfite umutekano kandi neza Imana ishimwe ko yandinze sinicwa n’abanzi.”

Amakuru avuga ko byabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 15/09/2024 ubwo yari yagiye gukina umukino wa Golf Club.

Umuvugizi wa Trump, Steven Cheung, yabivuzeho maze agira ati: “Perezida Trump ni amahoro nyuma y’urufaya rw’amasasu rw’umvikanye mu bice yari arimo, nta bindi twakongeraho muri aka kanya.”

Ibiro bishinzwe iperereza muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika (FBI), byo bivuga ko byatangiye iperereza ryimbitse rigamije kumenya ukuri kwabyo, ariko kandi hari andi makuru avuga ko urufaya rwa masasu yumvikanye iruhande rwaho Trump yarari atariwe wari ugenderewe kwicwa.

Nubwo abashinzwe umutekano wa Trump bavuga ko uwarashe aya masasu yari hafi muri metro nka 274 na 557 naho Trump yarimo akorera siporo.

Ndetse bahise bihutira kurasa uwo warimo arasa, niko guhita ahunga. Imbunda uwo mugizi wanabi yari afite niyo mubwoko bwa AK-47. Amakuru avuga ko uwo mwicanyi ko yaba yitwa Ryan Wesley Routh ukomoka mu gihugu cya Ukraine.

          MCN.
Tags: TrumpYasimbutse urupfu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi Mu gihe u Rwanda n’Isi yose batangiye icyumweru cyo Kwibuka Jenoside...

Read moreDetails

Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho

Antonio Guterres Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Gukura Amasomo ku Gutsindwa mu Kurinda Abariho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umuryango mpuzamahanga kwiga ku makosa yo mu bihe byashize,...

Read moreDetails

Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye

Amasezerano ya Washington: Amahoro Avugwa mu Magambo, Gushyirwa mu Bikorwa Bikomeje Gutsikamira ku Nzitizi Zikomeye Amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’u...

Read moreDetails

Afurika: Umugabane w’Amateka Akomeye, Impinduka Zidacogora n’Icyerekezo Gishya ku Isi

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
Afurika: Umugabane w’Amateka Akomeye, Impinduka Zidacogora n’Icyerekezo Gishya ku Isi

Afurika: Umugabane w’Amateka Akomeye, Impinduka Zidacogora n’Icyerekezo Gishya ku Isi Afurika ni umwe mu migabane ifite amateka maremare kandi akomeye mu mateka y’isi, uhereye ku nkomoko y’ikiremwamuntu kugeza...

Read moreDetails

Indishyi z’Ubucakara: Impaka ku Mbabazi, Ubutabera n’Inshingano z’Ibihugu by’i Burayi mu Mateka n’Ibihe Bigezweho

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
Indishyi z’Ubucakara: Impaka ku Mbabazi, Ubutabera n’Inshingano z’Ibihugu by’i Burayi mu Mateka n’Ibihe Bigezweho

Indishyi z’Ubucakara: Impaka ku Mbabazi, Ubutabera n’Inshingano z’Ibihugu by’i Burayi mu Mateka n’Ibihe Bigezweho Mu biganiro bikomeje gufata intera ku isi hose bijyanye n’indishyi z’akarengane gakomeye katewe n’ubucakara,...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.

Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?