• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.

minebwenews by minebwenews
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere

RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba

Byatangajwe na nyiribwite, bwana Donald Trump aho yatanze ubutumwa buri mu nyandiko ku rubuga rwa x avuga yongeye gusimbuka urupfu nyuma y’uko hari abagerageje kumurasa akaza guhungishwa igitaraganya.

Yagize ati: “Mfite umutekano kandi neza Imana ishimwe ko yandinze sinicwa n’abanzi.”

Amakuru avuga ko byabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 15/09/2024 ubwo yari yagiye gukina umukino wa Golf Club.

Umuvugizi wa Trump, Steven Cheung, yabivuzeho maze agira ati: “Perezida Trump ni amahoro nyuma y’urufaya rw’amasasu rw’umvikanye mu bice yari arimo, nta bindi twakongeraho muri aka kanya.”

Ibiro bishinzwe iperereza muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika (FBI), byo bivuga ko byatangiye iperereza ryimbitse rigamije kumenya ukuri kwabyo, ariko kandi hari andi makuru avuga ko urufaya rwa masasu yumvikanye iruhande rwaho Trump yarari atariwe wari ugenderewe kwicwa.

Nubwo abashinzwe umutekano wa Trump bavuga ko uwarashe aya masasu yari hafi muri metro nka 274 na 557 naho Trump yarimo akorera siporo.

Ndetse bahise bihutira kurasa uwo warimo arasa, niko guhita ahunga. Imbunda uwo mugizi wanabi yari afite niyo mubwoko bwa AK-47. Amakuru avuga ko uwo mwicanyi ko yaba yitwa Ryan Wesley Routh ukomoka mu gihugu cya Ukraine.

          MCN.
Tags: TrumpYasimbutse urupfu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda Mu ijambo rikomeye ryaranzwe n’uburemere bwa politiki n’impungenge z’umutekano, Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, aherutse...

Read moreDetails

U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere

U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere Gutunga sim card ya sosiyete z’itumanaho zikorera mu Rwanda byatangajwe n’ubuyobozi...

Read moreDetails

RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba

RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba Nyuma y’ihungabana ry’inzira y’amahoro ya Luanda, Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Noheli mu Gicucu cy’Ubukene i Burundi, Umunsi Mukuru Wahindutse Indorerwamo y’Ingoyi z’Ubukungu

by Bahanda Bruce
December 26, 2025
0
Noheli mu Gicucu cy’Ubukene i Burundi, Umunsi Mukuru Wahindutse Indorerwamo y’Ingoyi z’Ubukungu

Noheli mu Gicucu cy’Ubukene i Burundi, Umunsi Mukuru Wahindutse Indorerwamo y’Ingoyi z’Ubukungu Mu gihe hirya no hino ku isi umunsi mukuru wa Noheli wizihizwaga mu byishimo n’ibirori, mu...

Read moreDetails

Indege za Gisirikare Zihurije RDC n’u Bubiligi Zituye i Bujumbura, Amagambo Akomeza Kwiyongera ku Ruhare rw’u Burundi mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo

by Bahanda Bruce
December 26, 2025
0
Indege za Gisirikare Zihurije RDC n’u Bubiligi Zituye i Bujumbura, Amagambo Akomeza Kwiyongera ku Ruhare rw’u Burundi mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo

Indege za Gisirikare Zihurije RDC n’u Bubiligi Zituye i Bujumbura, Amagambo Akomeza Kwiyongera ku Ruhare rw’u Burundi mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.

Hamenyekanye indi gahunda Leta ya RDC yafashe ku byo gusenya FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?