• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

minebwenews by minebwenews
December 9, 2024
in World News
0
Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Donald Trump uheruka gutsinda amatora muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabye u Burusiya na Ukraine gutanga urutonde rw’ibyo byifuza kugira ngo amahoro agaruke muri Ukraine aho ibihugu byombi bihanganiye.

Ibi bwana Donald yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 08/12/2024 ari i Paris mu Bufaransa.

Uyu mugabo yavuze aya magambo nyuma yo kuganira imbonankubone n’umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky ubwo bahuriraga i Paris mu Bufaransa. Rwari urugendo rwa mbere Donald Trump agize kuva yatsinda amatora yabaye muri Amerika mu kwezi gushize uyu mwaka.

Trump yanasezeranyije ko azarangiza intambara y’u Burusiya na Ukraine binyuze mu biganiro ariko nta byinshi yatangaje ku buryo yiteguye ku bishyira mu bikorwa.

Akoresheje urubuga rwa x, Trump yavuze ko Zelensky na Leta ye, bigamije guhagarika icyo yise ubusazi. Avuga ko intambara igomba guhagarara vuba na bwangu hagatangira ibiganiro.

Yagize ati: “Vladimir Putin ndamuzi neza. Iki ni gihe cye cyo kugira icyo akora. Isi irategereje.” Aya magambo yasaga nuyagenera u Burusiya na perezida Vladimir Putin.

Nyuma perezida Volodymyr Zelensky yasubije Trump, avuga ko amahoro atari ayo mu mpapuro gusa ahubwo hakenewe ibikorwa n’ibyo impande zireba zigomba kwizezanya.

Umuvugizi wa perezidansi y’u Burusiya, Domitry Peskov yahamagaje ikiganiro n’abanyamakuru kugira ngo agire icyo avuga kuri ayo magambo ya Donald Trump. Maze avuga ko u Burusiya bushobora kwitabira ibiganiro ariko ko bigomba kuba bishingiye ku byumvikanyweho muri Istanbul mu mwaka w’ 2022.

Tags: TrumpUbusaziUkraine
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?