Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 9, 2024
in World News
0
Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Donald Trump uheruka gutsinda amatora muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabye u Burusiya na Ukraine gutanga urutonde rw’ibyo byifuza kugira ngo amahoro agaruke muri Ukraine aho ibihugu byombi bihanganiye.

Ibi bwana Donald yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 08/12/2024 ari i Paris mu Bufaransa.

Uyu mugabo yavuze aya magambo nyuma yo kuganira imbonankubone n’umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky ubwo bahuriraga i Paris mu Bufaransa. Rwari urugendo rwa mbere Donald Trump agize kuva yatsinda amatora yabaye muri Amerika mu kwezi gushize uyu mwaka.

Trump yanasezeranyije ko azarangiza intambara y’u Burusiya na Ukraine binyuze mu biganiro ariko nta byinshi yatangaje ku buryo yiteguye ku bishyira mu bikorwa.

Akoresheje urubuga rwa x, Trump yavuze ko Zelensky na Leta ye, bigamije guhagarika icyo yise ubusazi. Avuga ko intambara igomba guhagarara vuba na bwangu hagatangira ibiganiro.

Yagize ati: “Vladimir Putin ndamuzi neza. Iki ni gihe cye cyo kugira icyo akora. Isi irategereje.” Aya magambo yasaga nuyagenera u Burusiya na perezida Vladimir Putin.

Nyuma perezida Volodymyr Zelensky yasubije Trump, avuga ko amahoro atari ayo mu mpapuro gusa ahubwo hakenewe ibikorwa n’ibyo impande zireba zigomba kwizezanya.

Umuvugizi wa perezidansi y’u Burusiya, Domitry Peskov yahamagaje ikiganiro n’abanyamakuru kugira ngo agire icyo avuga kuri ayo magambo ya Donald Trump. Maze avuga ko u Burusiya bushobora kwitabira ibiganiro ariko ko bigomba kuba bishingiye ku byumvikanyweho muri Istanbul mu mwaka w’ 2022.

Tags: TrumpUbusaziUkraine
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?