Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 31, 2025
in World News
0
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.
126
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yabajijwe ikibazo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda, nawe avuga ko ibyo ataragera igihe cyo kubivugaho, ariko asezeranya ko azabigarukaho nyuma.

Hari mu kiganiro perezida Donald Trump yarimo n’abanyamakuru, aho muri icyo kiganiro cyabaye ku gicamunsi cy’ejo hashize tariki ya 30/01/2025, umwe mubanyamakuru bacyitabiriye yamubajije icyo ateganya gukora ngo amahoro hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa agaruke.

Uyu mukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yahise amusubiza ati: “Uri kumbaza ibijyanye n’u Rwanda, kandi ndabyemera ko ari ikibazo gikomeye cyane, gusa si ntekereza ko ari ngombwa ku kivugaho ubu. Tuzabivugaho nyuma.”

Uyu muyobozi uyoboye igihugu cy’igihangange ku Isi yirinze kuvuga u Rwanda mu gihe ibindi bihugu byo mu Burayi bikomeje kurwotsa igitutu, aho birushinja gufasha umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi byo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Gusa u Rwanda rutera utwatsi ibyo birego, hubwo rugashinja Leta ya Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda.

Ndetse kandi n’uyu mutwe wa M23 binyuze mu buyobozi bwawo, uhakana ko u Rwanda rutawutera inkunga. Uyu mutwe wakunze kugaragaza icyo urwanira ko ari ukubaho kwabo n’abantu babo bahozwa ku nkenke n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Hagataho, imirwano hagati y’uyu mutwe wa M23 n’ingabo za RDC ikomeje gufata indi ntera aho uyu mutwe wegereje gufata centre ya teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: AmakimbiraneRdcRwandaTrump
Share50Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.

Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?