• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

minebwenews by minebwenews
June 5, 2025
in World News
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu 12 kutazasubira kugira uburenganzira bwo kwinjira muri iki gihugu cya Amerika.

Iri tegeko Trump yaraye arishyizeho umukono mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane tariki ya 05/06/2025.

Nk’uko biri, amakuru agaragaza ko ibyo bihugu ari Afghanistan, Burma, Chad, Repubulika ya demokarasi ya Congo, Guinea Equatorial, Eritrea, Hait, Iran, Libya, Somalia, Sudan na Yamen. RDC kuzamo, uyu mukuru w’iki gihugu cya Amerika, yagiye yumvikana cyane ayishinja kugira abantu bakoresha cyane ibiyobyabwenge no gufungwa inshuro nyinshi, bikaba biri mu mpamvu ishobora gutuma izamo.

Ibi bihugu icumi na bibiri bije byiyongera kuri Cuba, Laos, Sierra Leone, Togo, Turkmenistan na Benezuela. Ibi birindwi byo, bisanzwe n’ubundi hari itegeko ry’iki gihugu ribuza uburenganzira abantu babituriye kuyinjiramo.

Ushobora kwibaza impamvu u Burundi buza kuri uru rutonde, igisubizo ni uko bwatangiye kurebwa nabi n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi kuva ubwo bwabagamo imyigaragambyo yo mu mwaka wa 2015 yanasize iguyemo abasivili batari bake.

Iyi myigaragambyo yakorwaga kumpamvu hari Abarundi benshi batari bashigikiye Peter Nkurunziza wavaga mu ishyaka rya CNDD-FDD kongera kwitoza muri manda y’ubugira gatatu.

Icyo gihe igipolisi cyo muri iki gihugu cyo kimwe n’igisirikare, bahanganye n’abakoraga iyo myigaragambyo binarangira iguyemo benshi babarirwa mu magana.

Kuva icyo gihe ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi, birimo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bitangira kureba nabi iki gihugu cy’u Burundi bitangira no ku gifatira ibihano bikakaye birimo n’ibyavuzwe muri iyi nkuru ndetse kandi n’inkunga zagihaga icyo gihe zirahagarikwa.

Tags: ItegekoKwinjira Muri Amerika
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?