Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 5, 2025
in World News
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

You might also like

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu 12 kutazasubira kugira uburenganzira bwo kwinjira muri iki gihugu cya Amerika.

Iri tegeko Trump yaraye arishyizeho umukono mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane tariki ya 05/06/2025.

Nk’uko biri, amakuru agaragaza ko ibyo bihugu ari Afghanistan, Burma, Chad, Repubulika ya demokarasi ya Congo, Guinea Equatorial, Eritrea, Hait, Iran, Libya, Somalia, Sudan na Yamen. RDC kuzamo, uyu mukuru w’iki gihugu cya Amerika, yagiye yumvikana cyane ayishinja kugira abantu bakoresha cyane ibiyobyabwenge no gufungwa inshuro nyinshi, bikaba biri mu mpamvu ishobora gutuma izamo.

Ibi bihugu icumi na bibiri bije byiyongera kuri Cuba, Laos, Sierra Leone, Togo, Turkmenistan na Benezuela. Ibi birindwi byo, bisanzwe n’ubundi hari itegeko ry’iki gihugu ribuza uburenganzira abantu babituriye kuyinjiramo.

Ushobora kwibaza impamvu u Burundi buza kuri uru rutonde, igisubizo ni uko bwatangiye kurebwa nabi n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi kuva ubwo bwabagamo imyigaragambyo yo mu mwaka wa 2015 yanasize iguyemo abasivili batari bake.

Iyi myigaragambyo yakorwaga kumpamvu hari Abarundi benshi batari bashigikiye Peter Nkurunziza wavaga mu ishyaka rya CNDD-FDD kongera kwitoza muri manda y’ubugira gatatu.

Icyo gihe igipolisi cyo muri iki gihugu cyo kimwe n’igisirikare, bahanganye n’abakoraga iyo myigaragambyo binarangira iguyemo benshi babarirwa mu magana.

Kuva icyo gihe ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi, birimo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bitangira kureba nabi iki gihugu cy’u Burundi bitangira no ku gifatira ibihano bikakaye birimo n’ibyavuzwe muri iyi nkuru ndetse kandi n’inkunga zagihaga icyo gihe zirahagarikwa.

Tags: ItegekoKwinjira Muri Amerika
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?