• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Tshisekedi yanze ibiganiro yasabwe kujya guhuriramo n’abarwanya ubutegetsi bwe.

minebwenews by minebwenews
August 31, 2025
in Conflict & Security
0
RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga  kuyihuza na AFC/M23.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yanze ibiganiro yasabwe kujya guhuriramo n’abarwanya ubutegetsi bwe.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko nta muhuza ukenewe kugira ngo abanye-kongo bakemure amakimbirane bafitanye.

Yabitangarije mu nama y’ihuriro rya Union sacree yabereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC.

Tahisekedi akaba yakomozaga kuri gahunda ya Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008, wari wasabye guhuriza Abanye-kongo mu biganiro by’amahoro n’u mutekano iteganyijwe kubera muri Afrika y’Epfo tariki ya 03 kugeza ku ya 05/09/2025.

Thabo Mbeki yari yahaye ubutumire abo mu butegetsi bw’i Kinshasa n’ababurwanya kugira ngo bazayitabire, banabonere kujya mu biganiro by’amahoro.

Abo yari yatumiye barimo abo muri Leta ya RDC, abo mu biro bya Perezida Tahisekedi, Joseph Kabila wayoboye iki gihugu, Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Thomas Lubanga.

Muri iriya nama ya Union sacree, Tahisekedi yavuze ko ashyigikiye ko habaho ibiganiro by’abanye-kongo ariko ko bigomba guhuza abashaka kubaka igihugu cyabo, bakakivana mu bibazo bimaze igihe kinini bicyugarije, kandi akaba ari na we ubitegura.

Yagize ati: “Ibiganiro birakwiye, ariko bikaba iby’Abanye-Congo bashaka kongera kubaka igihugu cyabo, bakagikura mu bibazo, atari ba Banye-Congo bakoreshwa n’ibihugu by’ibituranyi. Nta biganiro bizabaho bidashyingiye kuri gahunda yanjye.”

Yavuze kandi ko ashimira abantu bo hanze bashaka gufasha Abanye-kongo kuganira, ariko ko bakwiye gukora ibindi bibareba kuko Abanye-kongo ubwabo bashobora gukemura amakimbirane bafitanye.

Ibyo Tshisekedi yavuze bishobora gutesha agaciro ibiganiro birimo kuba i Doha muri Qatar, bihuriramo Leta ye na AFC/M23, kuko yagaragaje ko ibiganiro by’abanye-kongo barimo abafashe intwaro nka AFC/M23 bidakenewe.

Tags: AFC/m23ibiganiroTshisekedi
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Gen.Gasita uheruka kugirwa komanda region, yahamagajwe igitaraganya i Kinshasa.

Humvikanye amajwi y'abadashaka Gen. Gasita muri Uvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?