• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya i Kinshasa muri RDC, menya ibyigiwemo.

minebwenews by minebwenews
January 24, 2025
in Regional Politics
0
Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya i Kinshasa muri RDC, menya ibyigiwemo.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya i Kinshasa muri RDC, menya ibyigiwemo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yayoboye inama y’igitaraganya igamije gukemura ibibazo by’intambara iri kubera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, nyuma y’uko umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi muri za Kivu zombi, iy’Epfo n’iya Ruguru.

Ni amakuru yatangajwe ku wa kane tariki ya 23/01/2025, n’ibiro by’umukuru w’iki Gihugu cya RDC, bikaba byemeje ko iyi nama yitabiriwe n’umugaba mukuru w’ikirenga w’ingabo za RDC na Polisi.

Bitangaza kandi ko iyi nama idasanzwe yabereye ku cyicaro gikuru cy’umukuru w’igihugu.

Iyi nama kandi yitabiriwe n’abarimo minisitiri w’intebe, Judith Sumunwa, minisitiri w’intebe wungirije ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu na minisitiri w’ingabo.

Ibi biro by’umukuru w’igihugu byavuze ko ibyigiwe muri iyo nama ahanini n’ibibazo by’intambara iri kubera muri Kivu Yaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, ndetse n’ibibazo by’impunzi zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi kubera intambara ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta.

Ni mu gihe ahar’ejo umutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Sake, kandi ukaba ukomeje gusatira werekeza mu gufata umujyi wa Goma.

Umutwe wa M23 kandi ukaba wari watangaje ko wishe urashe guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba, akaba yariciwe i Kasengezi.

Si byo gusa kuko no mu ntangiriro z’iki Cyumweru uyu mutwe wigaruriye umujyi wa Minova usanzwe ukomeye muri Kalehe no muri kivu y’Amajy’epfo.

Ibyo bibaye kandi mu gihe ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bwongereza byasabye abaturage babyo kuva muri Goma ku mpamvu z’umutekano muke.

Kuri uyu wa gatanu naho perezida Félix Tshisekedi arayobora inama nkuru y’umutekano(Conseil supérieur de la defense), anayobore kandi n’inama iza kwitabirwa gusa n’abaminisitiri.

Tags: InamaM23TshisekediYigitaraganya
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.

Imirwano hagati ya m23 na FARDC yakomereje mu bice bibiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?