• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho.

minebwenews by minebwenews
July 5, 2025
in Conflict & Security
0
Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyambaje abandi bacanshuro kuza kuyifasha gutsinsura umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, imitwe ikomeje kujugumisha ubu butegetsi bw’i Kinshasa bwa perezida Felix Tshisekedi.

Aba bacanshuro ubutegetsi bw’i Kinshasa bwiyambaje, baturutse muri Colombia, bikaba bizwi ko basanzwe bakorana na Blackwater y’Abanyamerika yo yamaze kugeze muri RDC, aho bo na FARDC bahawe misiyo yo gufata imijyi ya Goma, Bukavu n’ibindi bice byo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Amakuru avuga ko aba bacanshuro hamwe n’ingabo za Leta ya Congo ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 04/07/2025, bageze i Kalemi bafashijwe n’indege zabakuye i Kisangani, Kindu n’i Kinshasa.

Bakimara kugera ku cyambu mpuzamahanga cya Kalemi, bahise berekeza mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Aya makuru akomeza avuga ko aha i Uvira bazahategereza izindi ngabo za FARDC zikomeje kuva i Kalemi hariho n’izahavuye uyu munsi ku wa gatandatu, n’izindi zitegerejwe kuva mu bindi bice ndetse n’iz’u Burundi, maze ngo nyuma bagabe ibitero bizabafasha kongera kwigarurira imijyi minini irimo uwa Bukavu n’uwa Goma.

Ni amakuru avuga kandi ko aba bacanshuro bageze muri RDC baturutse muri Colombia, kandi ko kuhagera kwabo byagizwemo uruhare na Dean Eric Prince binyuze mu kigo cye cya Blackwater. Iki kigo gisanzwe cyarasinyanye amasezerano na Leta y’i Kinshasa kuyifasha kurwanya umutwe wa M23.

Bivugwa ko aba bahoze mu gisirikare cya Colombia bamaze kwigarurira isoko mpuzamahanga ry’abacanshuro, bajyanwa mu mirwano cyangwa mu kurinda abacuruzi ruharwa bibiyobyabwenge.

Aba bagiye boherezwa mu ntambara nyinshi kuva mu mwaka wa 2000. Kuko barwanye mu Burusiya, Yemen, Libiya, Somalia na Afghanistan.

Ndetse n’ubu bamwe muri abo bari muri Sudan aho bari kurwana ku ruhande rw’u mutwe wa RSF urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.

RDC yongeye kwiyambaza abacanshuro mu gihe mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, abo yakoreshaga bo muri Romania batsinzwe hamwe na FARDC bongera gusubizwa iwabo banyuze mu Rwanda.

M23 nyuma yo kubatsinda ikanafata umujyi wa Goma, aba bacanshuro bishyikirije Monusco (Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro), nyuma ni bwo bacuwe iwabo babanje kunyuzwa ku butaka bw’u Rwanda.

Aba banya-Colombia na bo Tshisekedi yiyambaje, amakuru avuga ko bazajya bahembwa amadorali arenga ibihumbi 15 buri kwezi, mu gihe Ingabo za Congo zo zihembwa intica ntikize.

Nyamara kandi, amasezerano mpuzamahanga ku bijyanye n’intambara abuza ikoreshwa ry’abacanshuro mu ntambara.

Tags: ColombiaKalemiTshisekediUviraYiyambaje
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?