• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho iravugwaho kugira uruhare mu mpinduka zikomeje kugaragara mu misozi miremire y’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
0
Twirwaneho iravugwaho kugira uruhare mu mpinduka zikomeje kugaragara mu misozi miremire y’i Mulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho iravugwaho kugira uruhare mu mpinduka zikomeje kugaragara mu misozi miremire y’i Mulenge.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni amakuru abaturage baturiye ibice bya Minembwe bahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, avuga ko “umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi wazamutse ku kigero gishimishije,” nyuma yuko Twirwaneho ikanguriye abaturage ba Minembwe guhinga kugira ngo barwanye inzara.

Nyuma y’intambara zayogoje akarere ki Mulenge, Abanyamulenge bakicwa ndetse bakanyagwa n’Inka zabo, i Mihana igasenyuka ya Mibunda, i Cyohagati, mu Marango n’ahandi, Twirwaneho yaratabaye igerageza gukora iyo bwakabaga ihagarika ibitero bimwe na bimwe, byagabwaga mu Banyamulenge bikozwe n’imitwe y’itwaje imbunda irimo Maï Maï, FDLR n’imitwe y’itwaje imbunda ikomoka mu Gihugu cy’u Burundi.

Binavugwa kandi ko biriya bitero bya gabwaga ku Banyamulenge Maï Maï yabigabaga, ifashijwe n’Ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12, igihe yari yobowe na Gen Dieudonne Muhima.

Nyuma y’ibi, Twirwaneho imaze guhaguruka kurwanira imiryango yabo, ibintu byahise byongera kuja muburyo, maze ikangurira abaturage baturiye ibyo bice, guhinga cyane, kugira ngo barwanye ubukene n’inzara. Baragira Inka zike zitanyazwe na Maï Maï, kandi barahinga cyane.

Nk’uko ay’amakuru yatanzwe kuri Minembwe Capital News, ahamya neza ko “umusaruro kuri ubu wiyongereyeho, kandi ko inzara yagabanutse bitakimeze nko mu myaka itanu ishize, ndetse kandi ko n’Inka zitangiye kororoka.”

Sibyo byonyine Twirwaneho yakoze, kuko yakanguriye kandi abaturage gukora amabarabara(imihanda), kuri ubu buri munsi wo ku wa Gatandatu, hakorwa umuganda wo guhinga imihanda.

Aho ndetse kuri ubu hari umuhanda wa Runundu -Kabingo, ugaragara neza, ndetse n’uwa Centre Madegu-Kiziba, ugana ku k’ibuga cy’indege.

Ikindi cyavuzwe, n’uko kuri ubu hari aho abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bagera mu gihe bahoraga bahatinya, mbere y’uko Twirwaneho imaze kugira ibice yirukanamo Maï Maï.

Kuri ubu Abanyamulenge baragera mu Rulenge, i Bumba, Musika n’ahandi ndetse bakaba boharagirira n’Inka zabo.

Ibi byatumye abaturage bashimira Twirwaneho kandi bayisabira ku Mana kugira ngo ikomeze ibahe ubutsinzi bw’ibihe byose.

Bati: “Harakabeho Twirwaneho yaje ari ngoboka.”

                MCN.
Tags: ImihandaImpindukaMu misozi miremire y'i MulengeTwirwanehoUmusaruro w'ubuhanzi n'ubworozi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa M23 wakiriye undi musirikare ukomeye waje ku yiyungamo.

Umutwe wa M23 wakiriye undi musirikare ukomeye waje ku yiyungamo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?