• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho y’abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahishuye ko leta y’u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2024
in Regional Politics
0
Twirwaneho y’abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahishuye ko leta y’u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage bo mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bi bumbiye mu cyiswe Twirwaneho, basohoye itangazo rimenyesha ko igisirikare cy’u Burundi, kiri mu mugambi wo kurimbura Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Itangazo bashize hanze ririho umukono w’umuvugizi wa Twirwaneho, Ndakize Kamasa Welcome, bakaba barisohoye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29/01/2024.

Ir’i tangazo rya maganye ku mugaragaro ibikorwa bibuza uburenganzira bw’Abanyekongo ahanini bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, aho batahwemye guhohoterwa, bicwa bahutazwa n’inyeshamba z’itandukanye kandi zikorana bya hafi na leta ya Kinshasa.

Mur’iritangazo ritari rigufi rya Twirwaneho, rivuga ko bafite amakuru ahagije bahawe n’umusirikare w’u Burundi kandi ufite ipeti ryo hejuru, abahishurira ko igisirikare cy’u Burundi kiri gutegura ibitero byo kwica Abaturage ba RDC ba Banyamulenge.

N’itangazo rikomeza rivuga ko umusirikare w’u Burundi wabaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ko aheruka guhamgazwa i Bujumbura kugira ahabwe amabwiriza y’uko azagaba ibyo bitero.

Bagize bati: “Umusirikare wo hejuru mu ngabo z’u Burundi, yahamagajwe i Bujumbura ngo yakire amabwiriza ya nyuma arebana n’ibikorwa bya gisirikare byo kwibasira Abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge hagamijwe kubatsemba ngo bashireho.”

Itangazo risoza rivuga ko imigambi yose irimo gucurwa na leta y’u Burundi, ikubiye mu masezerano Perezida Félix Tshisekedi yasezeranye n’u mukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uheruka gutangaza ko azakuraho ubutegetsi bwa Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: BahishuyeKurimbura abanyamulengeleta yu BurundiRdcTwirwanehoumugambi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi, zongeye kuzamuka imisozi miremire y’Imulenge, ku bwinshi zigana mu Minembwe.

Ingabo z'u Burundi, zongeye kuzamuka imisozi miremire y'Imulenge, ku bwinshi zigana mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?