Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho y’abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahishuye ko leta y’u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2024
in Regional Politics
0
Twirwaneho y’abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahishuye ko leta y’u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage bo mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bi bumbiye mu cyiswe Twirwaneho, basohoye itangazo rimenyesha ko igisirikare cy’u Burundi, kiri mu mugambi wo kurimbura Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Itangazo bashize hanze ririho umukono w’umuvugizi wa Twirwaneho, Ndakize Kamasa Welcome, bakaba barisohoye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29/01/2024.

Ir’i tangazo rya maganye ku mugaragaro ibikorwa bibuza uburenganzira bw’Abanyekongo ahanini bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, aho batahwemye guhohoterwa, bicwa bahutazwa n’inyeshamba z’itandukanye kandi zikorana bya hafi na leta ya Kinshasa.

Mur’iritangazo ritari rigufi rya Twirwaneho, rivuga ko bafite amakuru ahagije bahawe n’umusirikare w’u Burundi kandi ufite ipeti ryo hejuru, abahishurira ko igisirikare cy’u Burundi kiri gutegura ibitero byo kwica Abaturage ba RDC ba Banyamulenge.

N’itangazo rikomeza rivuga ko umusirikare w’u Burundi wabaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ko aheruka guhamgazwa i Bujumbura kugira ahabwe amabwiriza y’uko azagaba ibyo bitero.

Bagize bati: “Umusirikare wo hejuru mu ngabo z’u Burundi, yahamagajwe i Bujumbura ngo yakire amabwiriza ya nyuma arebana n’ibikorwa bya gisirikare byo kwibasira Abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge hagamijwe kubatsemba ngo bashireho.”

Itangazo risoza rivuga ko imigambi yose irimo gucurwa na leta y’u Burundi, ikubiye mu masezerano Perezida Félix Tshisekedi yasezeranye n’u mukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uheruka gutangaza ko azakuraho ubutegetsi bwa Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: BahishuyeKurimbura abanyamulengeleta yu BurundiRdcTwirwanehoumugambi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi, zongeye kuzamuka imisozi miremire y’Imulenge, ku bwinshi zigana mu Minembwe.

Ingabo z'u Burundi, zongeye kuzamuka imisozi miremire y'Imulenge, ku bwinshi zigana mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?