• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
February 22, 2025
in Regional Politics
0
Twirwaneho yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga mu Mikenke.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga mu Mikenke.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abaturage baturiye mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe teritwari ya Mwenga, bakiriye Twirwaneho ubwo yinjiraga muri iki gice, nyuma y’uko ingabo za FARDC na Wazalendo bakijijwe n’amaguru bahunga.

Igihe c’isaha ya saa tanu zishyira muri saa sita, nibwo Twirwaneho yatangiye kugera muri centre ya Mikenke ahabaga ibirindiro bikomeye by’ingabo za FARDC n’abambari bazo.

Hari nyuma y’aho izi ngabo za Leta zabaga muri icyo gice zahunze zerekeza iy’i Ndondo ya Bijombo.

Hari amashusho yagiye hanze agaragaza abaturage bo mu Mikenke biruka baja kwakira Twirwaneho yarimaze kwigarurira icyo kigo cy’ingabo zari aha mu Mikenke.

Ariya mashusho agaragaza umurongo muremure urimo abagore, abagabo n’abakobwa ndetse n’abahungu, baturutse mu ikambi iraha mu Minkenke y’abakuwe mu byabo kubera intambara, bagiye kwakira Twirwaneho.

Umwe uri muri ibyo bice yabwiye Minembwe.com ko bariya bagiye kwakira Twirwaneho ari abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Yagize ati: “Abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bari kwakira Twirwaneho, nyuma y’uko ifashe mu Mikenke uyu munsi.”

Mu kubakira baririmbaga indirimbo zirimo izo guhimbaza Imana, ahandi bavangaga bagashyiramo n’izi gisirikare.

Twirwaneho yafashe mu Minkenke nyuma y’uko ahar’ejo yafashe Minembwe yose.

Hari amakuru avuga ko FARDC yo mu Bijombo, ubwo yari imaze kumva ko iyo mu Mikenke yayabangiye ingata, nayo yatangiye kugenda, nubwo ntacyo Twirwaneho irabivugaho.

Mu gihe FARDC yo mu Bijombo yohunga ikamanuka i Uvira, Twirwaneho yaba igiye kugenzura igice cyose cy’imisozi miremire, kizwi nk’Imulenge. Ibishobora guhesha Abanyamulenge amahoro n’umutekano mwiza, ndetse bikaba byabageza ku iterambere rirambye.

Tags: BafasheFardcMinkenke
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
“Tuzafatanya na M23,” ibyavuzwe n’uyoboye Twirwaneho, Brig.Gen.Sematama uzwi nk’Intare-batinya.

"Tuzafatanya na M23," ibyavuzwe n'uyoboye Twirwaneho, Brig.Gen.Sematama uzwi nk'Intare-batinya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?