Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga mu Mikenke.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 22, 2025
in Regional Politics
0
Twirwaneho yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga mu Mikenke.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga mu Mikenke.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Abaturage baturiye mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe teritwari ya Mwenga, bakiriye Twirwaneho ubwo yinjiraga muri iki gice, nyuma y’uko ingabo za FARDC na Wazalendo bakijijwe n’amaguru bahunga.

Igihe c’isaha ya saa tanu zishyira muri saa sita, nibwo Twirwaneho yatangiye kugera muri centre ya Mikenke ahabaga ibirindiro bikomeye by’ingabo za FARDC n’abambari bazo.

Hari nyuma y’aho izi ngabo za Leta zabaga muri icyo gice zahunze zerekeza iy’i Ndondo ya Bijombo.

Hari amashusho yagiye hanze agaragaza abaturage bo mu Mikenke biruka baja kwakira Twirwaneho yarimaze kwigarurira icyo kigo cy’ingabo zari aha mu Mikenke.

Ariya mashusho agaragaza umurongo muremure urimo abagore, abagabo n’abakobwa ndetse n’abahungu, baturutse mu ikambi iraha mu Minkenke y’abakuwe mu byabo kubera intambara, bagiye kwakira Twirwaneho.

Umwe uri muri ibyo bice yabwiye Minembwe.com ko bariya bagiye kwakira Twirwaneho ari abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Yagize ati: “Abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bari kwakira Twirwaneho, nyuma y’uko ifashe mu Mikenke uyu munsi.”

Mu kubakira baririmbaga indirimbo zirimo izo guhimbaza Imana, ahandi bavangaga bagashyiramo n’izi gisirikare.

Twirwaneho yafashe mu Minkenke nyuma y’uko ahar’ejo yafashe Minembwe yose.

Hari amakuru avuga ko FARDC yo mu Bijombo, ubwo yari imaze kumva ko iyo mu Mikenke yayabangiye ingata, nayo yatangiye kugenda, nubwo ntacyo Twirwaneho irabivugaho.

Mu gihe FARDC yo mu Bijombo yohunga ikamanuka i Uvira, Twirwaneho yaba igiye kugenzura igice cyose cy’imisozi miremire, kizwi nk’Imulenge. Ibishobora guhesha Abanyamulenge amahoro n’umutekano mwiza, ndetse bikaba byabageza ku iterambere rirambye.

Tags: BafasheFardcMinkenke
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
“Tuzafatanya na M23,” ibyavuzwe n’uyoboye Twirwaneho, Brig.Gen.Sematama uzwi nk’Intare-batinya.

"Tuzafatanya na M23," ibyavuzwe n'uyoboye Twirwaneho, Brig.Gen.Sematama uzwi nk'Intare-batinya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?