• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in Conflict & Security
0
Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

You might also like

Igisasu Cyaturutse i Burundi Cyahitanye Umuturage i Luvungi, Umutekano Ukomeje Kuzamba mu Kibaya cya Rusizi

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’aho Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n’iz’u Burundi hamwe n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa Wazalendo na FDLR ziteye ibirindiro bya MRDP-Twirwaneho n’ahatuye abaturage, uyu mutwe wazivugutiye ziravundera. Mu kugaba ibi bitero izi ngabo zabigabye ziturutse mu Marunde no mu Ngenzi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ibi bitero zabigabye mu duce tubiri duherereye hafi na centre ya Mikenke, muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uduce byagabwemo hari aka Bukundji kari mu birometero 6 uvuye muri centre ya Mikenke, n’aka Marundi ko kari mu birometero 5 uvuye aha muri iyi centre ya Mikenke.

Ku babaye muri iyi mirwano yabaye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa kane tariki ya 04/09/2025, batubwiye ko umutwe wa Twirwaneho wakubitaguye kubi ziriya ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta zari zayigabyeho igitero zinakigaba n’ahatuye abaturage.

Ati: “I Bukundji n’i Marundi, Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo za Congo, iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo.”

Aya makuru akomeza avuga ko “uru rugamba rwarangiye igihe cya saa ine zija gushyira muri saa tanu z’igitondo, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Uretse kuba Twirwaneho yavundereje uru ruhande rurwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa, byanavuzwe kandi ko uyu mutwe wafashe ibikoresho bya gisirikare, birimo imbunda n’amasasu.

Kimwe kandi ko no mu bitero wagabweho aha’rejo mu gice cya Bilalombiri hafi na centre ya Mikenke, wagifatiyemo imbunda zitatu zo mu bwoko bwa AK-47, n’amasasu menshi.

Mu butumwa bwagiye butangwa n’abakorera mu kwaha ku butegetsi bw’i Kinshasa, bwavugaga ko FARDC n’abambari bayo bananiwe kandi kwigarurira igice cya Mikenke.

Uwitwa Musafiri ukunze kwandika kuri x yahoze yitwa Twitter, yagize ati: “Kuri iyi nshuro kandi, Wazalendo na FARDC bananiwe kwigarurira igice cya Mikenke. Twirwaneho iracya kigenzura, birababaje.”

Undi yagize ati: “Twirwaneho yasubiye kwirukana ingabo z’igihugu muri Mikenke (Wazalendo, Fardc, FDLR, ingabo z’u Burundi.”

Umutwe wa Twirwaneho wigaruriye iki gice cya Mikenke ku wa 22/02/2025, nyuma yo gufata igice cya Minembwe cyose, icyo yafashe tariki ya 21/02/2025.

Kuva icyo gihe kugeza uyu munsi uracyagenzura ibyo bice byombi n’inkengero zabyo.

Tags: MikenkeTwirwaneho
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Igisasu Cyaturutse i Burundi Cyahitanye Umuturage i Luvungi, Umutekano Ukomeje Kuzamba mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Igisasu Cyaturutse i Burundi Cyahitanye Umuturage i Luvungi, Umutekano Ukomeje Kuzamba mu Kibaya cya Rusizi

Igisasu Cyaturutse i Burundi Cyahitanye Umuturage i Luvungi, Umutekano Ukomeje Kuzamba mu Kibaya cya Rusizi Amakuru ava i Luvungi, mu kibaya cya Rusizi giherereye muri teritware ya Uvira...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

Kivu y'Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n'Abana Babiri Mu gihe imirwano ikomeje gukomera mu bice byegereye umupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi, abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Bisimwa yemeje ko batifuza kongera kwinjizwa mu ngabo zatsinzwe, ahubwo bashyize imbere kubaka ingabo nshya z’igihugu

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y'Amajyepfo Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 03/12/2025, habaye inama ikomeye yabereye...

Read moreDetails

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/12/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y’i Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi Imirwano ikaze yongeye kubura ku misozi ya Munanira, hafi...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?