• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho yinjiye mu rugamba rundi nyuma yuko yirwanagaho.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2025
in Regional Politics
0
“Tuzafatanya na M23,” ibyavuzwe n’uyoboye Twirwaneho, Brig.Gen.Sematama uzwi nk’Intare-batinya.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yinjiye mu rugamba rundi nyuma yuko yirwanagaho.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Twirwaneho, umutwe ugizwe n’Abanyamulenge bo mu ntara ya Kivu y’Epfo, mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, umuyobozi wayo yatangaje ko bagiye kuva mu by’ubwirinzi bakinjira mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Ni mu kiganiro umuyobozi w’uyu mutwe, Brig.Gen.Charles Sematama uzwi nk’Intare-batinya yagiranye n’ijwi ry’Amerika.

Bikaba bibaye ubwa mbere, Twirwaneho itangaza ku mugaragaro ko igiye guhangana n’igisirikare cya Leta ugamije gukuraho ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Mu minsi ishyize Twirwaneho yagiye itangaza ko itarwanya Leta ko hubwo irinda abaturage b’Abanyamulenge ibitero by’imitwe y’abarwanyi ba mai-mai bakorana byahafi na Leta y’i Kinshasa.

Sematama yavuze kandi ko nyuma y’urupfu rw’uwari umuyobozi wabo, batakomeza kurebera, bityo bakaba bafatanya n’abashaka gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Mu cyumweru gishize ni bwo Gen.Rukunda Michele uzwi cyane nka Makanika, wari uyoboye Twirwaneho yitabye Imana, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’uyu mutwe.

Mu itangazo bashyize hanze ryemeje ko Makanika yapfuye, kandi ko yishwe n’igitero cya drone y’ingabo za Fardc. Rigaragaza ko iriya drone yabagabyeho igitero iturutse i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’ingabo za Fardc iyobowe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu.

Tags: kurwanyaSematamaTwirwaneho
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Byiswe amateka nyuma y’aho Twirwaneho yirukanye FARDC mu Minembwe.

Iby'igitero kigiye kugabwa mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?