Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Twirwaneho yiswe umucunguzi wa baturage ba Rurambo nyuma yo kubakorera ibyiza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 15, 2024
in Uncategorized
0
Twirwaneho yiswe umucunguzi wa baturage ba Rurambo nyuma yo kubakorera ibyiza.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yiswe umucunguzi wa baturage ba Rurambo nyuma yo kubakorera ibyiza.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira, mu misozi y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Twirwaneho irashimirwa kuba yarasenye bariyeri(barières) zari zarashyinzwe na Maï Maï. Izi bariyeri zikaba zarizimaze kumaraho abaturage utwabo.

Amezi yari agiye kuba umunani abarwanyi ba maï Maï barashyinze amabariyeri menshi mu bice byo muri Rurambo. Aya makuru avuga ko bariyeri yari yarazonze abaturage cyane ni yari iherereye hagati yo mu Rubuga na Gitoga.

Iyi bariyeri ikaba yarabuguzaga abaturage babaga bavuye mu Rubuga berekeje mu Gitoga cyangwa ababaga bavuye mu Gitoga bagana mu Rubuga.
Bivugwa ko ahanini iy’inzira yacagamo abo mu bwoko bw’Abapfulero n’Abanyindu.

Mu mpera z’iki Cyumweru dusoje nibwo abasore bo muri Twirwaneho bakorera mu misozi ya Rurambo berekeje muri utwo duce dushyinzemo amabariyeri ya Maï Maï maze birukana abo barwanyi bayo, barangije banasenya n’ibitunda bari barahubatse, ibyo babaga bugamyemo bategereje abagenzi kugira ngo bababuguze utwo baba bafite.

Usibye kuba abarwanyi ba maï Maï barabuguzaga abaturage, byanavuzwe kandi ko banyaga ibyabo babaga bafite mu gihe banyuze kuri ayo mabariyeri.

Ibi byatumye abaturage baturiye akarere ka Rurambo, Migera, Kigushu, Kidote na Remela bashima Twirwaneho ku byiza yabakoreye.

Ubutumwa bwanditse bwahawe MCN bugira buti: “Intero ni mwe mu karere ka Rurambo, Migera, Kigushu, Kidote na Remela bari gushimira Twirwaneho kuba yarabakuriyeho amabariyeri yari yarabamazeho utwabo.”

Bukomeza bugira buti: “Abapfulero n’Abanyindu, kuri ubu bari kuvuga ko nta bandi bantu beza nka Twirwaneho, ndetse bari kubita abacunguzi.”

Ku rundi ruhande muri ibi bice haheruka kubera igiterane cyo guha Kabaduda w’umunyamylenge inshingano zo kuba Reverend Pasiteri aho yasimbuye Reverend Mufarisi uheruka kwitaba Imana.

Ni igiterane cyitabiriwe n’abantu baje bava mu muko yose Abapfulero Abanyindu n’Abanyamulenge.
Bikaba byarongeye kugarura ubumwe mu baturage baturiye ako karere.

Kabaduda yahawe kuyobora Paroisse ya Gifuni y’itorero rya Methodist Libre. Kuba aka karere karongeye kugarukamo amahoro n’umutekano mwiza, babikesha Twirwaneho, nk’uko abaturage bo muri ibyo bice bakomeje ku byigamba.

              MCN.
Tags: Abaturageamoko yoseRuramboUmucunguzi
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

Ukraine iri mu ntambara n'u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?