• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Twirwaneho yiswe umucunguzi wa baturage ba Rurambo nyuma yo kubakorera ibyiza.

minebwenews by minebwenews
October 15, 2024
in Uncategorized
0
Twirwaneho yiswe umucunguzi wa baturage ba Rurambo nyuma yo kubakorera ibyiza.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yiswe umucunguzi wa baturage ba Rurambo nyuma yo kubakorera ibyiza.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira, mu misozi y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Twirwaneho irashimirwa kuba yarasenye bariyeri(barières) zari zarashyinzwe na Maï Maï. Izi bariyeri zikaba zarizimaze kumaraho abaturage utwabo.

Amezi yari agiye kuba umunani abarwanyi ba maï Maï barashyinze amabariyeri menshi mu bice byo muri Rurambo. Aya makuru avuga ko bariyeri yari yarazonze abaturage cyane ni yari iherereye hagati yo mu Rubuga na Gitoga.

Iyi bariyeri ikaba yarabuguzaga abaturage babaga bavuye mu Rubuga berekeje mu Gitoga cyangwa ababaga bavuye mu Gitoga bagana mu Rubuga.
Bivugwa ko ahanini iy’inzira yacagamo abo mu bwoko bw’Abapfulero n’Abanyindu.

Mu mpera z’iki Cyumweru dusoje nibwo abasore bo muri Twirwaneho bakorera mu misozi ya Rurambo berekeje muri utwo duce dushyinzemo amabariyeri ya Maï Maï maze birukana abo barwanyi bayo, barangije banasenya n’ibitunda bari barahubatse, ibyo babaga bugamyemo bategereje abagenzi kugira ngo bababuguze utwo baba bafite.

Usibye kuba abarwanyi ba maï Maï barabuguzaga abaturage, byanavuzwe kandi ko banyaga ibyabo babaga bafite mu gihe banyuze kuri ayo mabariyeri.

Ibi byatumye abaturage baturiye akarere ka Rurambo, Migera, Kigushu, Kidote na Remela bashima Twirwaneho ku byiza yabakoreye.

Ubutumwa bwanditse bwahawe MCN bugira buti: “Intero ni mwe mu karere ka Rurambo, Migera, Kigushu, Kidote na Remela bari gushimira Twirwaneho kuba yarabakuriyeho amabariyeri yari yarabamazeho utwabo.”

Bukomeza bugira buti: “Abapfulero n’Abanyindu, kuri ubu bari kuvuga ko nta bandi bantu beza nka Twirwaneho, ndetse bari kubita abacunguzi.”

Ku rundi ruhande muri ibi bice haheruka kubera igiterane cyo guha Kabaduda w’umunyamylenge inshingano zo kuba Reverend Pasiteri aho yasimbuye Reverend Mufarisi uheruka kwitaba Imana.

Ni igiterane cyitabiriwe n’abantu baje bava mu muko yose Abapfulero Abanyindu n’Abanyamulenge.
Bikaba byarongeye kugarura ubumwe mu baturage baturiye ako karere.

Kabaduda yahawe kuyobora Paroisse ya Gifuni y’itorero rya Methodist Libre. Kuba aka karere karongeye kugarukamo amahoro n’umutekano mwiza, babikesha Twirwaneho, nk’uko abaturage bo muri ibyo bice bakomeje ku byigamba.

              MCN.
Tags: Abaturageamoko yoseRuramboUmucunguzi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Ukraine iri mu ntambara n’u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

Ukraine iri mu ntambara n'u Burusiya yagize ibyo ishinja Koreya ya Ruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?