Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 5, 2025
in World News
0
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry’abakinyi bisiganwa ry’amagare kwitabira shampiyona (champion) y’isi iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda mu gihe ibihugu byombi bimaze iminsi bitabanye neza.

Mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka wa 2025, ni bwo i Kigali hazabera umukino w’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi.

Umuyobozi mukuru w’iri shirahamwe ry’umukino w’amagare mu Bubiligi, Nathalie Clauweert, umusibo ejo ku wa gatatu, yatangaje ko igihugu cyabo cyabemereye ku zitabira iriya shampiyona y’isi iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda.
Uyu muyobozi yasobanuye ko u Bubiligi bwabyemeje nyuma y’aho abonanye na minisiteri w’ubanye n’amahanga w’iki gihugu cyabo bakaganira akabimwerera.

U Bubiligi nyuma yo kwisubiraho kuri iki cyemezo, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe yahise arushimira, agira ati: “Icyemezo cyiza kandi kiri mu murongo mwiza . Ikipe y’amagare y’Ababiligi ihawe ikaze mu Rwanda nk’andi makipe yose y’amagare azitabira.”

Yakomeje ati: “Shampiyona y’isi izabera mu mihanda yo mu Rwanda tariki ya 21-28/09/2025.”

Yanavuze ko iyi shampiyona y’isi izabera i Kigali ko ari yo izaba ibaye iya mbere ibereye muri Afrika

Ibi bibaye mu gihe mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, u Rwanda rwaciye umubano n’u Bubiligi mu bya dipolomasi rubushinja gufata uruhande rumwe mu makimbirane y’intambara abera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Icyo gihe u Rwanda rwanatangaje ko u Bubiligi budafata gusa u ruhande rumwe muri ariya makimbirane hagati yarwo na RDC, ahubwo ko runakwirakwiza ibinyoma mu bindi bihugu kugira ngo bifatire iki gihugu cy’u Rwanda ibyemezo birubangamiye.

Aha ni ho u Rwanda rwahereye ruhita rubukupira iby’umubano.

Tags: AmagareIsiganwaRwandaU Bubiligi
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?