Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 10, 2024
in Regional Politics
0
U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni bikubiye mu ijambo minisitiri w’intebe w’u Buhinde, Naredra Modi yabwiye perezida Vradimir Putin w’u Burusiya ubwo bagiranaga ikiganiro nyuma y’uko amwambitse umudari mutagatifu kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09/07/2024, kandi avuga ko igisubizo cy’intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine kidashobora gutanga amahoro.

Ibiganiro bya huje perezida w’u Burusiya na minisitiri w’intebe w’u Buhinde Naredra Modi byabereye muri perezidansi y’u Burusiya, nk’uko iy’inkuru tuyikesha AFP ibiro ntara makuru by’Abafaransa.

Nk’uko ibivuga n’uko aba bayobozi bombi bagiranye n’ibiganiro bigamije gutsura umubano w’ibihugu byabo kandi ukaba unahahora kuva mu myaka myinshi ishize.

Amagambo ya minisitiri w’intebe w’u Buhinde yaje nyuma y’uko ivuriro ry’abana riri i Kyiv mu murwa mukuru wa Ukraine rirashweho igisasu cya Misile. U Burusiya bwavuze ko ingabo zabwo atari zo zarashe iki gisasu . Indi mijyi inyuranye yo muri Ukraine na yo yaguweho n’ibisasu, bihitana abantu 31.

Modi yavuze ko u Buhinde bwiteguye gufatanya mu buryo ubwo aribwo bwose kugarura amahoro mu karere ariko yongeraho ko mu ibiganiro by’amahoro bidakunda iyo hakiri za bombe n’amasasu biturika hirya no hino.

Bwari ubwa mbere minisitiri w’intebe w’u Buhinde agiriye uruzinduko i Moscow mu myaka itanu ishize n’ubwo kuva mu mwaka w’ 2000 ibihugu byombi byagiranaga inama ngaruka mwaka uretse mu mwaka w’ 2021.

Amashusho yerekanywe mu itangazamakuru y’abategetsi bombi yabagaragaza bahoberana bajyanye mu mudoka imwe mbere y’uko baganirira ku ifunguro rya nimugoroba basangiye. Mu biganiro bagiranye, Putin yise mugenzi we Modi, ‘inshuti ikomeye’ mu gihe Modi yise u Burusiya inshuti yizewe kandi y’ibihe byose.

Gusa, uru ruzinduko rwanenzwe na perezida Volodymir Zelnsky mu minsi ibiri ishize, mbere y’uko rukorwa.

               MCN.
Tags: ModiU BuhindeVladimir Putin
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Inkongi y’umuriro yangirije byinshi inica n’abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Inkongi y'umuriro yangirije byinshi inica n'abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?