• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

minebwenews by minebwenews
July 10, 2024
in Regional Politics
0
U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni bikubiye mu ijambo minisitiri w’intebe w’u Buhinde, Naredra Modi yabwiye perezida Vradimir Putin w’u Burusiya ubwo bagiranaga ikiganiro nyuma y’uko amwambitse umudari mutagatifu kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09/07/2024, kandi avuga ko igisubizo cy’intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine kidashobora gutanga amahoro.

Ibiganiro bya huje perezida w’u Burusiya na minisitiri w’intebe w’u Buhinde Naredra Modi byabereye muri perezidansi y’u Burusiya, nk’uko iy’inkuru tuyikesha AFP ibiro ntara makuru by’Abafaransa.

Nk’uko ibivuga n’uko aba bayobozi bombi bagiranye n’ibiganiro bigamije gutsura umubano w’ibihugu byabo kandi ukaba unahahora kuva mu myaka myinshi ishize.

Amagambo ya minisitiri w’intebe w’u Buhinde yaje nyuma y’uko ivuriro ry’abana riri i Kyiv mu murwa mukuru wa Ukraine rirashweho igisasu cya Misile. U Burusiya bwavuze ko ingabo zabwo atari zo zarashe iki gisasu . Indi mijyi inyuranye yo muri Ukraine na yo yaguweho n’ibisasu, bihitana abantu 31.

Modi yavuze ko u Buhinde bwiteguye gufatanya mu buryo ubwo aribwo bwose kugarura amahoro mu karere ariko yongeraho ko mu ibiganiro by’amahoro bidakunda iyo hakiri za bombe n’amasasu biturika hirya no hino.

Bwari ubwa mbere minisitiri w’intebe w’u Buhinde agiriye uruzinduko i Moscow mu myaka itanu ishize n’ubwo kuva mu mwaka w’ 2000 ibihugu byombi byagiranaga inama ngaruka mwaka uretse mu mwaka w’ 2021.

Amashusho yerekanywe mu itangazamakuru y’abategetsi bombi yabagaragaza bahoberana bajyanye mu mudoka imwe mbere y’uko baganirira ku ifunguro rya nimugoroba basangiye. Mu biganiro bagiranye, Putin yise mugenzi we Modi, ‘inshuti ikomeye’ mu gihe Modi yise u Burusiya inshuti yizewe kandi y’ibihe byose.

Gusa, uru ruzinduko rwanenzwe na perezida Volodymir Zelnsky mu minsi ibiri ishize, mbere y’uko rukorwa.

               MCN.
Tags: ModiU BuhindeVladimir Putin
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Inkongi y’umuriro yangirije byinshi inica n’abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Inkongi y'umuriro yangirije byinshi inica n'abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?