• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 9, 2025
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byatumye buvuga ko ingabo zabwo ziri ku butaka bwa Congo zitazahava kuko “zitarasoza inshingano zazo.”

Ibi byatangajwe ku Cyumweru n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Édouard Bizimana, mu biganiro yagiranye n’abahagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga ikorera mu Burundi. Bizimana yavuze ko Kigali ikomeje kurenga ku masezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono, ashinja u Rwanda gukoresha ingabo zarwo “mu kugaba ibitero” ku ngabo z’u Burundi ziri ku butaka bwa Congo.

Amakuru atangwa n’inzego zitandukanye avuga ko ingabo z’u Burundi zirenga 15 000 zimaze igihe zikorera muri RDC, aho zifatanya n’igisirikare cya Congo mu kurwanya umutwe wa AFC/M23.

Bizimana yashimye izi ngabo, avuga ko zoherejwe muri Congo “mu rwego rwo kurengera imbibi z’igihugu, abaturage b’u Burundi n’ibyabo.” Yanenze “uburyo bushya bwo gutera urujijo” ashinja u Rwanda, anemeza ko nta mpamvu ifatika yo gusaba ko izo ngabo zitaha. Ati:
“Ni uburenganzira bwa RDC guhitamo igihe ingabo zacu zizagarukira mu gihugu.”

Uwo muyobozi kandi yasabye imiryango mpuzamahanga gukurikirana hafi ibibazo by’umutekano bikomeje kugaragara, yibutsa urugero rw’ibisasu biherutse kugwa mu ntara ya Cibitoke bikica abantu babiri: umwana w’imyaka 12 n’umugore.

Nubwo hari ibibazo bikomeje kuvugwa, Bizimana yavuze ko “umutekano w’igihugu n’uw’imbibi zacyo urinzwe neza,” asaba abaturage gukomeza ibikorwa by’iterambere batagize ubwoba. Yaburiye ko igitero cyose cyakorerwa abasivili cyangwa abasirikare b’u Burundi bari muri Congo “kizasubizwa byihuse.”

Yasoje ashimangira ko u Burundi bukomeje kwiyemeza inzira y’amahoro n’ubutabera, avuga ko igihugu cye kidashaka intambara, ahubwo gishyigikiye “ubutwererane n’amahoro hagati y’ibihugu byo mu karere.”

Tags: BurundiKigaliRdc
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatwitse imbunda nini y’Ingabo z’u Burundi (FDNB), ya koreshwa...

Read moreDetails
Next Post
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?