• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in World News
0
U Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko yohereje ku isoko mpuzamahanga amabuye y’agaciro, bukaba bubikoze ku nshuro ya mbere.

Ni amakuru yemejwe n’ibiro by’umukuru w’igihugu, nk’uko byabitangaje bibinyujije kuri x yahoze yitwa Twitter ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 07/10/2025.

Aya mabuye y’agaciro akaba yaracukuwe mu birombe by’iki gihugu, birimo icya Bururi, Kirundo na Bubanza.

Biriya biro bikavuga ko perezida Evariste Ndayishimiye ari we wahesheje umugisha aya mabuye y’agaciro, angana na toni 156 z’Amethysite hamwe na toni 104 za Quartz, mbere yo koherezwa mu Bushinwa.

Ku isoko mpuzamahanga, ikilo cya Amethyste kigura hafi 70 €, mu gihe ikilo cya Quartz kigura hagati ya 3€ na 5 €.

Aya yoherejwe ku isoko mpuzamahanga akoreshwa mu gukora imirimo yo kwambara, ibikoresho byo mu nzu, ndetse n’ibikoresho by’ubuvuzi.

Bisobanuro ko iki gikorwa cyakozwe na perezida Ndayishimiye kigamije kumenyereza Abarundi umuco wo gukorera mu mucyo.

Ibyo byakozwe mu gihe hari urwikekwe n’ukurebana ikijisho mu bategetsi b’u Burundi kubera ishorwa ry’amabuye y’agaciro ritubahirije amategeko.

Bamwe mu bayobozi b’u Burundi bagaragaza ko Banki nkuru y’igihugu cyabo yohereza mu buryo bw’ibanga zahabu mu mahanga, ariko ikigo gishyinzwe imisoro (Obr) ntikimenyeshwe amafaranga y’injiye.

Muri miliyari 26 zari zitezwe kwinjira mu 2023-2024, hinjiye miliyari 6, gusa Obr yemera ko miliyoni 55 y’Amarundi ari yo izi.

Ndayishimiye yavuze ko amafaranga azava muri aya mabuye yashowe bwa mbere n’u Burundi, azagurwamo ibikoresho bigezweho by’ubucukuzi kugira ngo igihugu kizajye kiyutunganyiriza ubwacyo.

Abahanga bavuga ko u Burundi buri ku mwanya wa kabiri ku isi ku mabuye y’agaciro ya nickel, inyuma y’u Burusiya.

Bufite kandi Coltan nyinshi, kuko nibwo buri kumwanya wa 6 ku isi, bukaba bunafite n’andi mabuye y’agaciro arimo Uranium, Terres rares, tourbe, cobalt, cuivre, platine, vanadium, n’andi.

Tags: Amabuye y'AgaciroBurundiIsoko mpuzamahanga
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
Israel Mbonyi yamuritse album y’amateka

Israel Mbonyi yamuritse album y'amateka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?