• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi na RDC ntibyitabiriye Shampiyona y’isi y’amagare iri kubera i Kigali-inkuru irambuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 21, 2025
in Regional Politics
0
U Burundi na RDC ntibyitabiriye Shampiyona y’isi y’amagare iri kubera i Kigali-inkuru irambuye
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi na RDC ntibyitabiriye Shampiyona y’isi y’amagare iri kubera i Kigali-inkuru irambuye

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Shampiyona y’isi y’amagare ni ku nshuro ya mbere ibereye muri Afrika, hafi ibihugu byo ku migabane itandukanye byayitabiriye, aho iri kubera i Kigali mu Rwanda, igitangaje ibihugu by’ibituranyi ntibyayitabiriye u Burundi na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kuri iki cyumweru tariki ya 21/09/2025, i Kigali mu Rwanda ni bwo hatangiye Shampiyona y’isi y’amagare.

Iki gikorwa cyatangijwe ku mugaragaro na perezida w’ishirahamwe mpuzamahanga ry’umukino w’amagare, David Lappartient. Ubwo yagitangizaga ku mugaragaro, yashimiye perezida w’u Rwanda, Paul Kagame watumye ibera bwa mbere muri Afrika.

Amakuru avuga ko iri rushanwa ryitabiriwe n’abakinnyi 918, bakaba baturutse mu bihugu 110 bazarushanwa mu masiganwa 13 mu gihe cy’iminsi umunani, mu byiciro birimo abagore, abagabo ndetse n’abatarengeje imyaka 23.

Iyi Shampiyona y’isi y’amagare ibaye ku nshuro ya 98, ikaba inshuro ya 12 ibereye hanze y’u Burayi, iyi ikaba ari yo nshuro ya mbere ibereye ku mugabane wa Afrika.

Mu cyiciro cy’abagore bakuru, barasiganwa ku ntera y’ibirometero 31,2 mu gihe abagabo bo basiganwa ku ntera y’ibirometero 40,6.

U Burundi na RDC ntibyayitabiriye, uhagarariye abanyekongo mu ishirahamwe ry’abanyamagare, yavuze ko badashobora kuyijamo, ngo kubera ko u Rwanda yabereyemo rwateye igihugu cyabo, ndetse avuga kandi ko babajwe nuko iyi Shampiyona y’isi y’amagare yabereye muri iki gihugu yita umwanzi w’igihugu cyabo.

Guverinoma ya Congo-Kinshasa isanzwe ishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23 ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’iki gihugu. Na ho u Burundi bufasha RDC mu bya gisirikare ku rwanya uyu mutwe umaze kwambura ingabo z’iki gihugu hafi ibice byose by’u Burasirazuba bwacyo.

U Rwanda rutera utwatsi iby’ibi birego, ndetse n’uy’u mutwe ubwabo ntubyemera, ahubwo ari M23 n’u Rwanda bikavuga ko izi Leta zombi iy’u Burundi n’iya RDC ko zikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Si FDLR gusa zishinjwa gukorana byahafi n’izi Leta zombi, zinashinjwa gukorana kandi na Wazalendo bazwiho kwica abo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: AmagareRwandaShampiyona y'isi
Share37Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n'uwo batavugarumwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?