Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwagabye igitero gikaze i Kyiv cyo mu kirere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 25, 2025
in World News
0
U Burusiya bwagabye igitero gikaze i Kyiv cyo mu kirere.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwagabye igitero gikaze i Kyiv cyo mu kirere.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Ingabo z’u Burusiya zagabye igitero gikomeye i Kyiv ku murwa mukuru wa Ukraine, zikaba zakigabye zikoresheje indege zitagira abapilote zizwi nka drones, zirasa ku nyubako zikomeye zo muri uwo murwa mukuru w’iki gihugu.

Ni amakuru yemejwe n’abategetsi ba Ukraine, kuko batangaje ko byibuze abantu 14 bakomerekeye muri icyo gitero bavuga kandi ko cyari simusiga.

Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere nacyo ubwacyo cyavuze ko u Burusiya mu kugaba kiriya gitero cyakoresheje drones 250, n’ibisasu 14 bya misile byo mu bwoko bwa ballestic. Ibi ngo bikaba byateje amazu atuwemo n’abantu kwaka umuriro.

Iki gisirikare kinavuga ko iki gitero u Burusiya bwagabye kuri Kyiv kiri mu bikaze kuva intambara yaduka mu mwaka wa 2022.

Nyamara iki gisirikare cya Ukraine kikavuga ko cyabashe guhanura drones 245, naho misili 6 zirazipfubya.

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, akoresheje urubuga rwa x yagize ati: “Hamwe na buri gitero nk’iki, isi irushaho kumenya neza ko nyiribayazana yo gukomeza intambara ari i Moscow (mu Burusiya).”

Iki kitero u Burusiya bwagabye muri Ukraine, bwa bikoze mu gihe impande zombi ziri kwitegurira kwitabira ibiganiro by’imishikirano hagati y’ibihugu byombi.

Ni ibiganiro bivugwa ko bizabera mu gihugu cya Turukiya.

Hagataho, u Burusiya bwatangaje ko bwagabye biriya bitero kubera ko Ukraine yari iheruka kugaba ibitero bya gisirikare mu duce twayo dutandatu, bugasobanura ko yabikoze mu ijoro ryo ku wa 06/05/2025, bityo ko nabwo burimo kwihorera.

Tags: IgiteroKyivU Burusiya
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?