Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 22, 2024
in Regional Politics
0
U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe n’abategetsi b’u Burusiya, aho bavuga ko visi perezida wa Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika adakoresha amagambo meza ku byerekeye igihugu cyabo cy’u Burusiya.

Kamara Harris niwe ugiye guhagararira Abademocarates mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka.

Umuvugizi w’ibiro bya perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yagaragaje ko Kamala akoresha amagambo mabi kandi arimo urwango ku byerekeye igihugu cyabo.

Kamara Harris, cyo kimwe na perezida Joe Biden bashigikiye igihugu cya Ukraine bivuye inyuma, kuva u Burusiya butangije ibitero muri icyo gihugu mu kwezi kwa Kabiri, umwaka w’2022.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’ 2024, Harris yavuze ku rupfu rwa Navalny, wari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burusiya wishwe arashwe, abivuga ho nk’i kimenyetso cyo kwica abaturage kinyamanswa bishwe n’ubutegetsi bwa Vladimir Putin. Harris yongeye avuga ko u Burusiya buri gukora ubwicanyi ndengakamere muri Ukraine.

Uyu muvugizi w’ibiro by’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko uretse Kamala Harris wavuze ku gihugu cye, ibiterekana inshusho nziza kuri iki gihugu cy’u Burusiya ko na Joe Biden ari kimwe na Kamala.

Ku Cyumweru perezida Joe Biden yashigikiye Harris Kamala ku musimbura kuri uyu mwanya wo kwiyamamaza mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu, kuko Biden yari amaze kwivana muri iryo hatana.

             MCN.
Tags: Abategetsi b'u BurusiyaHarris KamalaNtibamwishimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inka z’Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i wabo.

Inka z'Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i wabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?