• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in World News
0
U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Ni bikubiye mu byatangajwe na Radio Miroshnik yo mu Burusiya, ivuga ko Leta y’iki gihugu cy’u Burusiya yavumbuye ko hari abacanshuro 4000 bari gufasha igisirikare cya Ukraine kurwanya ingabo z’u Burusiya.

Iminsi irenga 730 irashize u Burusiya butangije intambara kuri Ukraine, aho imibare y’ibiro by’ishami rya LONI ryita ku burengenzira bwa muntu igaragaza ko iyo ntambara imaze kwica cyangwa gukomeretsa abasivile barenga ibihumbi 36 barimo abarenga ibihumbi 11 bishwe.

Hagati y’u Burusiya na Ukraine, buri ruhande rukunze kwifashisha abarufasha ku rwana , ariko Ukraine ahanini ifashwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi.

Iriya Radio yagize iti: “Abo bantu bazohora bafite ubwoba bw’uko bazavumburwa bagashyirwa ahagaragara. Ni na ko bimeze tuzahora tubagenzura iminsi yose.”

Mu mezi ashize u Burusiya bwemeje ko umuryango w’ubutabazi wa NATO umaze igihe wohereje mu ntambara yo muri Ukraine abasirikare bo kuyifasha.

U Burusiya bugaragaza ko abo basiriye bohorejwe kugira ngo bafashe abanya-ukraine ibyo batari kubasha.

Icyakora u Burusiya bukunda kugaragaza ko abenshi bubica umusubizo kuko nko mu kwezi gushize bwiciye mu gice cya Kharkov bene abo barenga 30.

Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yagaragaje ko kuva mu kwezi kwa Kabiri 2022, iyo ntambara imaze kwicirwamo abacancuro b’abanyamahanga barenga 5900, mu gihe abasirikare ba Ukraine bapfiriyemo bari hafi ya 160.000.

Mu kwezi kwa Kane 2024, u Burusiya bwiciye mu gitero abacancuro biganjemo abavuga igifaransa barenga 60. U Bufaransa buvuga ko abariyo bagiye ku giti cyabo igihugu kitabohereje.

Kimweho, perezida wa Ukraine Zelensky, amaze kwa mamara nyuma yuko ingabo ze zifashe agace ka Kursk ko mu b’u Burusiya.

     MCN.
Tags: AbacancuroBafasha UkraineU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post

Bitcoin Is ‘Definitely Not A Fraud,’ CEO of Mobile-Only Bank Revolut Says

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?