• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in World News
0
U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni bikubiye mu byatangajwe na Radio Miroshnik yo mu Burusiya, ivuga ko Leta y’iki gihugu cy’u Burusiya yavumbuye ko hari abacanshuro 4000 bari gufasha igisirikare cya Ukraine kurwanya ingabo z’u Burusiya.

Iminsi irenga 730 irashize u Burusiya butangije intambara kuri Ukraine, aho imibare y’ibiro by’ishami rya LONI ryita ku burengenzira bwa muntu igaragaza ko iyo ntambara imaze kwica cyangwa gukomeretsa abasivile barenga ibihumbi 36 barimo abarenga ibihumbi 11 bishwe.

Hagati y’u Burusiya na Ukraine, buri ruhande rukunze kwifashisha abarufasha ku rwana , ariko Ukraine ahanini ifashwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi.

Iriya Radio yagize iti: “Abo bantu bazohora bafite ubwoba bw’uko bazavumburwa bagashyirwa ahagaragara. Ni na ko bimeze tuzahora tubagenzura iminsi yose.”

Mu mezi ashize u Burusiya bwemeje ko umuryango w’ubutabazi wa NATO umaze igihe wohereje mu ntambara yo muri Ukraine abasirikare bo kuyifasha.

U Burusiya bugaragaza ko abo basiriye bohorejwe kugira ngo bafashe abanya-ukraine ibyo batari kubasha.

Icyakora u Burusiya bukunda kugaragaza ko abenshi bubica umusubizo kuko nko mu kwezi gushize bwiciye mu gice cya Kharkov bene abo barenga 30.

Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yagaragaje ko kuva mu kwezi kwa Kabiri 2022, iyo ntambara imaze kwicirwamo abacancuro b’abanyamahanga barenga 5900, mu gihe abasirikare ba Ukraine bapfiriyemo bari hafi ya 160.000.

Mu kwezi kwa Kane 2024, u Burusiya bwiciye mu gitero abacancuro biganjemo abavuga igifaransa barenga 60. U Bufaransa buvuga ko abariyo bagiye ku giti cyabo igihugu kitabohereje.

Kimweho, perezida wa Ukraine Zelensky, amaze kwa mamara nyuma yuko ingabo ze zifashe agace ka Kursk ko mu b’u Burusiya.

     MCN.
Tags: AbacancuroBafasha UkraineU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post

Bitcoin Is ‘Definitely Not A Fraud,’ CEO of Mobile-Only Bank Revolut Says

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?