• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwarahiriye kwihorera kuri Ukraine yongeye kuyirasisha ibibunda bikaze.

minebwenews by minebwenews
November 27, 2024
in World News
0
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwarahiriye kwihorera kuri Ukraine yongeye kuyirasisha ibibunda bikaze.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Igihugu cy’u Burusiya cyasezeranye kwihorera kuri Ukraine ni mu gihe yongeye gukoresha misile zatanzwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu kurasa ku butaka bwayo.

Kuva Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zihanguye Ukraine kurasa u Burusiya zikoresheje misile zirasa kure, igisirikare cy’ibi bihugu byombi cyagiye kigabanaho ibitero byo mu kirere hakoreshejwe intwaro zigezweho, bituma benshi batinya ko amakimbirane ashobora kwiyongera.

Ukraine yabanje kurasa misile za ATACMS zakozwe na Amerika, izirasa mu Burusiya. Nyuma u Burusiya nabwo busubiza bukoresheje misile ya hypersonic iri mu igerageza yaguye mu mujyi wa Dnipro wo muri Ukraine.

Minisitiri w’ingabo z’u Burusiya yatangaje ko ibitero bishya bya ATACMS bya Ukraine, ku itariki ya 23 na 25 ukwezi kwa Cumi n’umwe, byibasiye ibirindiro bya gisirikare ndetse n’ikibuga cy’indege mu karere ka Kursk mu Burengerazuba bw’u bw’u Burusiya, byangiza ibikorwa remezo.

Anaboneraho kumenyesha ko igihugu cye cyateguye ibikorwa byo kwihorera.

Ku wa Kabiri, Kyiv yavuze ko ingabo z’u Burusiya zohereje indege zitagira abapilote 188 muri Ukraine mu gitero cyahagaritse itangwa ry’amashanyarazi mu Burasirazuba bw’ibihugu.

Avuga ko igitero cya ATACMS cya Ukraine cyagabwe ku birindiro by’igisirikare cyo mu kirere bya Kursk Vostochny cyakomerekeje abasirikare babiri, mu gihe igitero cyagabwe ku bwirinzi bw’ibitero byo mu kirere cyangije sisitemu ya radar ndetse gikomeretsa abantu.

Minisitiri yakomeje avuga ko misile 3 muri 5 zarashwe mu gitero cya mbere ko zarasiwe mu kirere, mu gihe zirindwi mu munani zakoreshejwe mu cya kabiri zasenywe.

Mu gusubiza ikoreshwa rya ATACMS kwa Ukraine, u Burusiya ku wa kane bwa koresheje misile nshya ya Oreshnik iri mu igerageza yo mu bwoko bwa misile hypersonic zigenda ku muvuduko udasanzwe, Putin avuga ko ishobora no gutwara ubumara bwa kirimbuzi.

Yanemeje ko u Burusiya bushobora gukomeza gukoresha iyo ntwaro bitewe n’ibikorwa bya Amerika n’icyogajuru cyayo, anavuga ko Moscow ifite uburenganzira bwo kugaba ibitero bya gisirikare mu bihugu byemerera Ukraine gukoresha intwaro zabyo mu Burusiya.

Ibyo Moscow yavuze ku bitero bishya byaje mu gihe abahagarariye Ukraine ndetse n’abanyamuryango 32 ba NATO bagombaga guhurira i Buruseli mu biganiro ku ikoreshwa riheruka rya misile ziraswa mu ntera ndende kw’u Burusiya.

Tags: KwihoreraU BurusiyaUkraine
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bagiriwe inama ikomeye ku bijanye n’ibyo bakomeje kunyuramo, muri RDC.

Abanyamulenge bagiriwe inama ikomeye ku bijanye n'ibyo bakomeje kunyuramo, muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?