Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 7, 2024
in Regional Politics
0
U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni byatangajwe na perezidansi y’u Burusiya, aho yaburiye ibihugu by’u Burayi n’Amerika biha Ukraine intwaro zo kurasa ku butaka bw’u Burusiya ko iki gihugu kitazabyihanganira.

Perezida Vradimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko nawe agiye guha imbunda abanzi b’Amerika n’u Burayi mu rwego rwo kubihimuraho.

Avugana n’abanditsi bakuru bibitangaza makuru byo ku rwego mpuzamahanga i St Petersburg, perezida w’u Burusiya yavuze ko igihugu cye kirimo gutegereza ku buryo cyatanga intwaro zigezweho zirasa kure ku banzi b’Amerika n’u Burayi aho baherereye hose.

Mu magambo ye, Vradimir Putin yavuze ku biraswa kure leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bwongereza biha Ukraine.

Ay’amagambo ya Putin yasaga n’aca amarenga ko ashobora guha imbunda abanzi ba leta Zunze Ubumwe z’Amerika nk’abarwanyi bashyigikiwe na Iran bari muri Irake na Siriya.

Aba bakunze kugaba ibitero ku ngabo z’Amerika bakoresheje ibisasu bya rutura n’indege za gisirikare zitagira abapilote.

Gusa ku bireba u Bwongereza ntibaramenyekana umwanzi wabwo u Burusiya bwaha imbunda zo kuburwanya.

Abajijwe ku magambo perezida Putin yatangaje, perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko Ukraine yahawe amabwiriza yo gukoresha imbunda yahawe n’Amerika.

Yavuze ko hari ahantu itagomba kurenza mu gihe irasa ku butaka bw’u Burusiya hafi y’umupaka wabwo na Ukraine.

               MCN.
Tags: Abanzi baboBirimo leta Zunze Ubumwe z'AmerikaBwasezeranyijeGuha intwaroIbihuguU Burusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w'ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?