• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 31, 2025
in World News
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

You might also like

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Guverinoma y’u Burusiya yasezeanyije iy’Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera.

Bisanzwe bizwi ko Leta y’Aba-Taliban ko ari yo iyoboye Afghanistan.

Nk’uko u Burusiya bwatangaje ibi bubinyujije ku munyamabanga wayo mu kanama k’umutekano, yavuze ko bagiye kongera inkunga bageneraga kiriya gihugu cy’Aba-Taliban.

Asobanuye neza ko inkunga bazatera iki gihugu n’ijyanye no guhangana n’ibibazo by’ubukungu bicyugarije.

Aba-Taliban bagize igihe barahuye n’ibibazo bikomeye kuva bafatirwa ibihano by’ubukungu mu 2021, ubwo bari bamaze gufata iki gihugu.

Ndetse na politiki yabo yo gukumira abagore muri gahunda zitandukanye zirimo uburezi na yo yatumye barushaho kurebwa igitsure n’amahanga, anarushaho kubatererana.

U Burusiya bukavuga ko buzabatera inkunga mu rwego rwo kurwanya “iterabwaba, kurengera ubuzima bw’abaturage no kurengera ubusugire bw’igihugu cyabo.”

Ubundi kandi u Burusiya bwanenze ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi, bukavuga ko biri kurushaho gusubiza inyuma iterambere ry’iki gihugu, ati: “Bari gutinza iterambere rya Afghanistan, bagahuza gahunda zo kuyitera inkunga n’inyungu zabo bwite.”

Afghanistan iri mu ruhururi rw’ibibazo birimo kubura ubushobozi bwo guhemba abakozi, ubushobozi bwo kubaka no gusana ibikorwa remezo, ibura ry’amazi mu murwa mukuru wa Kabul n’ibindi bitandukanye.

Tags: Aba-TalibanInkungaRussia
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by Bruce Bahanda
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.

Ibivugwa ku gitero FARDC n'abambari bayo bagabye mu Mikenke.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?