• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

minebwenews by minebwenews
August 31, 2025
in World News
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

You might also like

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Guverinoma y’u Burusiya yasezeanyije iy’Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera.

Bisanzwe bizwi ko Leta y’Aba-Taliban ko ari yo iyoboye Afghanistan.

Nk’uko u Burusiya bwatangaje ibi bubinyujije ku munyamabanga wayo mu kanama k’umutekano, yavuze ko bagiye kongera inkunga bageneraga kiriya gihugu cy’Aba-Taliban.

Asobanuye neza ko inkunga bazatera iki gihugu n’ijyanye no guhangana n’ibibazo by’ubukungu bicyugarije.

Aba-Taliban bagize igihe barahuye n’ibibazo bikomeye kuva bafatirwa ibihano by’ubukungu mu 2021, ubwo bari bamaze gufata iki gihugu.

Ndetse na politiki yabo yo gukumira abagore muri gahunda zitandukanye zirimo uburezi na yo yatumye barushaho kurebwa igitsure n’amahanga, anarushaho kubatererana.

U Burusiya bukavuga ko buzabatera inkunga mu rwego rwo kurwanya “iterabwaba, kurengera ubuzima bw’abaturage no kurengera ubusugire bw’igihugu cyabo.”

Ubundi kandi u Burusiya bwanenze ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi, bukavuga ko biri kurushaho gusubiza inyuma iterambere ry’iki gihugu, ati: “Bari gutinza iterambere rya Afghanistan, bagahuza gahunda zo kuyitera inkunga n’inyungu zabo bwite.”

Afghanistan iri mu ruhururi rw’ibibazo birimo kubura ubushobozi bwo guhemba abakozi, ubushobozi bwo kubaka no gusana ibikorwa remezo, ibura ry’amazi mu murwa mukuru wa Kabul n’ibindi bitandukanye.

Tags: Aba-TalibanInkungaRussia
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.

Ibivugwa ku gitero FARDC n'abambari bayo bagabye mu Mikenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?