Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 10, 2025
in World News
0
U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

You might also like

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Mu Burusiya ubwo bizihizaga imyaka 80 butsinze Abanazi bari bayobowe na Adolphe Hitler wari wabuteye mu cyitswe Leta Zunze ubumwe z’aba-soviyete mu ntamabara ya kabiri y’isi, muri ibyo birori bwabyerekaniyemo intwaro idasanzwe izwi nka Iskander iyateye ubwoba ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi.

Ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 09/05/2025, ni bwo mu Burusiya hakozwe akarasisi gakomeye k’i ngabo zicyo gihugu mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’imyaka 80 butsinze Abanazi.

Ni umuhango amakuru agaragaza ko witabiriwe n’abakuru b’ibihugu 20, harimo n’ingabo z’ibihugu 13, birimo Misiri, u Bushinwa, Birimaniya na Vietnam.

Izi ngabo zakoze akarasisi gakomeye, aho hamwe zose izagakoze zari zigeze ku 11000.

Muri ako karasisi k’injyanamuntu, igisirikare cy’u Burusiya cyakagaragajemo zimwe mu ntwaro zidasanzwe cyibitseho.

Imwe muri zo hari iyitwa “Iskander ballestic missile,” ikaba iteye impungenge ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi. Bivugwa ko iyo ntwaro ifite ubushobozi bwo kurasa muri 500km, ikaba ari igisasu gishyirwa mu mututu wa misile zirasa mu ntera igereranyije zitari mpuzamigabane.

Iyi misile imaze guhahamura ingabo za Ukraine mu mijyi itandukanye imaze kuraswamo, kuko kugeza ubu nta bwirinzi bwo mu kirere iki gihugu cya Ukraine burayibonera, bigaragaza ko ibihugu byo muri NATO bitera inkunga iki gihugu bitarayibonera uburyo.

Tags: Iskander ballestic missileU Burusiya
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za Patriots bizayifasha mu buryo bukaze bwo gukumira ibitero by'u Burusiya....

Read moreDetails

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails
Next Post
Umuhanuzi w’Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba  yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Umuhanuzi w'Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?