• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2025
in World News
0
U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

You might also like

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Mu Burusiya ubwo bizihizaga imyaka 80 butsinze Abanazi bari bayobowe na Adolphe Hitler wari wabuteye mu cyitswe Leta Zunze ubumwe z’aba-soviyete mu ntamabara ya kabiri y’isi, muri ibyo birori bwabyerekaniyemo intwaro idasanzwe izwi nka Iskander iyateye ubwoba ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi.

Ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 09/05/2025, ni bwo mu Burusiya hakozwe akarasisi gakomeye k’i ngabo zicyo gihugu mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’imyaka 80 butsinze Abanazi.

Ni umuhango amakuru agaragaza ko witabiriwe n’abakuru b’ibihugu 20, harimo n’ingabo z’ibihugu 13, birimo Misiri, u Bushinwa, Birimaniya na Vietnam.

Izi ngabo zakoze akarasisi gakomeye, aho hamwe zose izagakoze zari zigeze ku 11000.

Muri ako karasisi k’injyanamuntu, igisirikare cy’u Burusiya cyakagaragajemo zimwe mu ntwaro zidasanzwe cyibitseho.

Imwe muri zo hari iyitwa “Iskander ballestic missile,” ikaba iteye impungenge ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi. Bivugwa ko iyo ntwaro ifite ubushobozi bwo kurasa muri 500km, ikaba ari igisasu gishyirwa mu mututu wa misile zirasa mu ntera igereranyije zitari mpuzamigabane.

Iyi misile imaze guhahamura ingabo za Ukraine mu mijyi itandukanye imaze kuraswamo, kuko kugeza ubu nta bwirinzi bwo mu kirere iki gihugu cya Ukraine burayibonera, bigaragaza ko ibihugu byo muri NATO bitera inkunga iki gihugu bitarayibonera uburyo.

Tags: Iskander ballestic missileU Burusiya
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by minebwenews
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Umuhanuzi w’Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba  yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Umuhanuzi w'Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?