• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Gihugu cy’u Budage cyatangaje ko u Burusiya buteganya gutera u muryango mpuzamahanga wa NATO uzwi nk’u w’ubwirinzi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe na minisitiri w’ingabo z’igihugu cy’u Budage, Boris Pistorius, ubwo yari mu Nama y’u mutekano yabereye i Munich ho mu gihugu cy’u Budage, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya The Bloomberg.

Minisitiri Boris Pistorius, yagize ati: “Ntabwo navuga uko bizaba byagenze n’igihe bizabera ariko igitero ku butaka bwa NATO gishobora kuba, hagati mu myaka iri hagati y’itanu n’u munani.”

Gusa, leta y’u Burusiya yo igize igihe ivuga ko nta gahunda ifite yo gutera i bihugu byo muri NATO, ariko bakaburira ibihugu bigize uyu muryango ko nibakomeza gufasha Ukraine, bizaba byongera ibyago byo kwagura intambara.

Kuva mu mwaka w’ 2022 ibihugu birimo Amerika, u Burayi n’ibindi, imbunda baha ingabo za Ukraine ntacyo zihindura kuko u Burusiya bukomeza gufata ibice byo muri iki gihugu baba bishakiye.

U butegetsi bw’igihugu cy’u Budage bumaze iminsi bugaragariza ibihugu bigize NATO n’ubumwe bw’u Burayi (EU) ko hashingiwe ku mbaraga u Burusiya bwagaragaje mu ntambara ibera muri Ukraine, bikeneye kongera imbunda n’ikoranabuhanga ryabo mu gisirikare.

Kurundi ruhande u Budage bufite impungenge ko mugihe Donald Trump yatsinda amatora ateganijwe kuba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko muri icyo gihe Amafaranga icyo gihugu gishora muri NATO yo gabanuka, bityo imbaraga zu y’u muryango zigashira.

MCN.

Tags: AmerikaBuratera kimwe mu Bihugu byo mu muryangoNATOU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwa buriye Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko igihugu cyabo kirinzwe hasi no hejuru.

U Rwanda rwa buriye Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko igihugu cyabo kirinzwe hasi no hejuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?