Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 5, 2024
in Regional Politics
0
U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nibyatangajwe n’umukuru w’igihugu cy’u Bushinwa, Xi Jinping, avuga ko mu myaka itatu iri imbere igihugu cye kizafasha ibihugu byo muri Afrika Ama-Yuan miliyari 360 angana n’amadolari y’Amerika miliyari 50,7.

Ibi akaba yabivuze kuri uyu wa Kane tariki ya 05/09/2024, ubwo yaganiraga n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zo muri Afrika bitabiriye inama y’ubufatanye ku mpande zombi.

Mu nzego zizibandwaho muri iri shoramari, harimo ubufatanye n’ibihugu bya Afrika mu by’inganda, ubuhinzi, ibikorwa remezo, ubucuruzi n’ishoramari.

Iy’inkunga ngwikazatangwa mu myaka itatu iri imbere, nk’uko perezida Xi Jinping.

Muri aya mafaranga, harimo miliyari 29 z’amadolari azaba ari inguzanyo, miliyari 11 zizaba ari inkunga n’izindi miliyari 10 zizifashishwa mu gushyigikira Sosiyete z’Abashinwa zikorera muri Afrika.

Uyu mukuru w’igihugu yanasobanuye ko igihugu cye cyiteguye gufasha Afrika guteza imbere imiyoborere myiza, binyuze mu kubaka ibigo 25 by’ubushakashatsi ku miyoborere kuri uyu mugabane, gihugure Abanyapolitiki 100 b’aho ku miyoborere ijanye n’igihe.

Giteganya kandi guha ibihugu bya Afrika inkunga ya miliyari 140,5 z’amadolari yo kubifasha guteza imbere igisirikare, kikazahugura abasirikare 6000 bo kuri uyu mugabane n’abandi 100 bo mu nzego z’umutekano.

U Bushinwa ni umwe mu bafatanyabikorwa mpuzamahanga b’imena ba Afrika, bitewe ahanini n’ishoramari rinini bwagize kuri uyu mugabane n’inguzanyo bwawuhaye mu myaka myinshi ishize.

           MCN.
Tags: AfrikaAkayabo k'amafarangaU BushinwaXi Jinping
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Should HR report to finance? here are 3 things you should consider

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?