• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

minebwenews by minebwenews
November 8, 2024
in World News
1
U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Leta y’u Bwongereza yafatiye ibindi bihano u Burusiya n’impande zitandukanye zifasha icyo gihugu cy’u Burusiya mu ntambara kirimo muri Ukraine.

N’ibihano iki gihugu cyafashe kibicishije kuri minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga aho yanatangaje ko ibihano byo kuri iyi nshuro biremereye kurusha ibindi byabanjye iki gihugu cyari cyarafatiye u Burusiya mu mezi 18 ashize.

Mu barebwa n’ibyo bihano barimo Abacanshuro bafasha u Burusiya bava muri Afrika, n’abagize uruhare ku bitero birimo ubumara byagabwe ku butaka bw’u Bwongereza.

Nk’uko minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki gihugu cy’u Bwongereza yabisobanuye, yavuze ko abarebwa nibyo bihano harimo abantu n’inganda 56. Ni mugihe inganda ari 10 zo mu Bushinwa zahoraga zifasha cyane u Burusiya ahanini mu byagisirikare, izo muri Turukiya, Kazakistani n’izindi zo mu Bihugu by’u Burayi.

Byasobanuye kandi ko ibi bihano bigamije kubangamira perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin mu by’intambara, n’ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi igihugu cye gikorera hirya no hino ku isi.

David Lammy, minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bwongereza, yavuze kandi ko ibi bihano bizaburizamo umugambi w’u Burusiya wogukomeza gutera akajagari ku mugabane w’Afrika cyane cyane mu bihugu birimo Centrafrika, Libiya na Mali. Mu bashizwe mu bihano harimo Abanyafrika 11. Ariko ntihatangajwe umwirondoro wabo.

Hagati aho, kugeza ubu ntacyo Leta y’u Burusiya iravuga kuri ibyo bihano bikakaye biyireba, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza.

Tags: IbihanoU BurusiyaU Bwongereza
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Indi ndwara y’inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.

Indi ndwara y'inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    Behandling riktas i fГ¶rsta hand mot betahemolytiska streptokocker och eller S [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy on the internet without a prescription[/url] Citing Articles 4348

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?