Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 8, 2024
in World News
1
U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Leta y’u Bwongereza yafatiye ibindi bihano u Burusiya n’impande zitandukanye zifasha icyo gihugu cy’u Burusiya mu ntambara kirimo muri Ukraine.

N’ibihano iki gihugu cyafashe kibicishije kuri minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga aho yanatangaje ko ibihano byo kuri iyi nshuro biremereye kurusha ibindi byabanjye iki gihugu cyari cyarafatiye u Burusiya mu mezi 18 ashize.

Mu barebwa n’ibyo bihano barimo Abacanshuro bafasha u Burusiya bava muri Afrika, n’abagize uruhare ku bitero birimo ubumara byagabwe ku butaka bw’u Bwongereza.

Nk’uko minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki gihugu cy’u Bwongereza yabisobanuye, yavuze ko abarebwa nibyo bihano harimo abantu n’inganda 56. Ni mugihe inganda ari 10 zo mu Bushinwa zahoraga zifasha cyane u Burusiya ahanini mu byagisirikare, izo muri Turukiya, Kazakistani n’izindi zo mu Bihugu by’u Burayi.

Byasobanuye kandi ko ibi bihano bigamije kubangamira perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin mu by’intambara, n’ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi igihugu cye gikorera hirya no hino ku isi.

David Lammy, minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bwongereza, yavuze kandi ko ibi bihano bizaburizamo umugambi w’u Burusiya wogukomeza gutera akajagari ku mugabane w’Afrika cyane cyane mu bihugu birimo Centrafrika, Libiya na Mali. Mu bashizwe mu bihano harimo Abanyafrika 11. Ariko ntihatangajwe umwirondoro wabo.

Hagati aho, kugeza ubu ntacyo Leta y’u Burusiya iravuga kuri ibyo bihano bikakaye biyireba, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza.

Tags: IbihanoU BurusiyaU Bwongereza
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Indi ndwara y’inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.

Indi ndwara y'inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    Behandling riktas i fГ¶rsta hand mot betahemolytiska streptokocker och eller S [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy on the internet without a prescription[/url] Citing Articles 4348

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?