Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U mudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire ya .perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu badepite bo munteko ishinga amategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Claude Rubaya, yanenze yivuye inyuma kandida nimero 20, perezida Félix Antoine Tshisekedi, kumyitwarire akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

You might also like

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

Nk’uko yabivuze yagaragaje ko perezida Félix Tshisekedi ashaka kwerekana ko ubushamirane burihagati y’u Rwanda na Congo butazashira n’imugihe uriya mukuru wigihugu Tshisekedi akomeje kubwira abanyekongo ko leta ya Kigali yateye igihugu cyabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Félix Tshisekedi, ubwo yiyamamarizaga i Bandaka yabwiye abanyekongo ko hari Abakandida ba banyamahanga ko kandi bariya ba kandida impamvu batamagana u Rwanda ngo biva kukuba bariya ba kandida baratumwe na leta ya Kigali.

Uy’u Mukuru wigihugu rero agasaba abanyekongo ko mugihe bamutoreye Manda yakabiri kwazakora ibishoboka byose agatsinda intambara u Rwanda rwashoye kuri Congo.

Uriya mudepite wanenze perezida Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Gatatu, tariki 29/11/2023, yasohoye impapuro ziriho ubutumwa bugira buti:

“Tshisekedi yagize ikibazo cy’u Rwanda na Congo nkicye bwite ariko sibyo. Kwifashisha urwango ruri hagati ya Congo n’u Rwanda munyungu zo kugira ngo bazamutore harimo uguhubuka gukomeye.”

Yakomereje agira ati: “Gufata ikibazo nkaho kitazakemuka nabwo ni ukwihenda. Tshisekedi yibagiwe ko yabayeho inshuti yahafi na perezida Kagame nyuma biza kurangira. Ntakintu gihoraho rero nurwango ruri hagati y’u Rwanda na Congo ruzagira iherezo.”

Uy’u mudepite Rubaya Claude, yanatanze i Nama avuga ko ikibazo cy’u Rwanda na RDC kizakemuka ngo mugihe ibihugu byagize uruhare.

Ati: “Iki n’ikibazo cy’ibihugu rero no kugira ngo gikemuke n’imugihe ibindi Bihugu byabahuje. Mugihe habonetse abahuza beza bazahagarara hagati bahuze ibi Bihugu byombi.”

Kw’iyamamaza muri RDC byatangiye kuri tariki ya 19/11/2023. Tshisekedi akaba amaze kw’iyamamariza mubice byinshi bigize i Ntara za Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Umudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira. Ubushinjacyaha bwo mu Bubiligi bwashyikirijwe ikirego kiregwamo abantu bo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye. Muri iyi nkuru turagaruka ku bihe byagiye biranga umuryane wagiye uba hagati ya...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC. U Rwanda rwagaragaje ko igitangazamakuru cy'Abongereza cya BBC, gikomeje gusigiriza no kwamamaza umutwe w'iterabwoba wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze jenocide yakorewe...

Read moreDetails

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Auto Draft

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo. Inzego z'ibanze n'abantu bakuze nibo bahawe uwo mushinga wo kugena abazahabwa ubwenegihugu bwa Uganda, ariko bakazabutanga ku bantu bafite inkomoko...

Read moreDetails

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo. Inzego z'umutekano muri Kenya zafunze imihanda minini zitera n'ibyuka biryana mu maso ubwo zageragezaga gutatanya urubyiruko rwari rwuzuye uburakari...

Read moreDetails
Next Post

Bidasanzwe Moïse Katumbi, yakiriwe n'abaturage hafi y'abantu bose baturiye i Kalemie, maze bamwita "Baba wa Taifa, Mkombizi wetu."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?