• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U mudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire ya .perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu badepite bo munteko ishinga amategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Claude Rubaya, yanenze yivuye inyuma kandida nimero 20, perezida Félix Antoine Tshisekedi, kumyitwarire akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

You might also like

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Nk’uko yabivuze yagaragaje ko perezida Félix Tshisekedi ashaka kwerekana ko ubushamirane burihagati y’u Rwanda na Congo butazashira n’imugihe uriya mukuru wigihugu Tshisekedi akomeje kubwira abanyekongo ko leta ya Kigali yateye igihugu cyabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Félix Tshisekedi, ubwo yiyamamarizaga i Bandaka yabwiye abanyekongo ko hari Abakandida ba banyamahanga ko kandi bariya ba kandida impamvu batamagana u Rwanda ngo biva kukuba bariya ba kandida baratumwe na leta ya Kigali.

Uy’u Mukuru wigihugu rero agasaba abanyekongo ko mugihe bamutoreye Manda yakabiri kwazakora ibishoboka byose agatsinda intambara u Rwanda rwashoye kuri Congo.

Uriya mudepite wanenze perezida Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Gatatu, tariki 29/11/2023, yasohoye impapuro ziriho ubutumwa bugira buti:

“Tshisekedi yagize ikibazo cy’u Rwanda na Congo nkicye bwite ariko sibyo. Kwifashisha urwango ruri hagati ya Congo n’u Rwanda munyungu zo kugira ngo bazamutore harimo uguhubuka gukomeye.”

Yakomereje agira ati: “Gufata ikibazo nkaho kitazakemuka nabwo ni ukwihenda. Tshisekedi yibagiwe ko yabayeho inshuti yahafi na perezida Kagame nyuma biza kurangira. Ntakintu gihoraho rero nurwango ruri hagati y’u Rwanda na Congo ruzagira iherezo.”

Uy’u mudepite Rubaya Claude, yanatanze i Nama avuga ko ikibazo cy’u Rwanda na RDC kizakemuka ngo mugihe ibihugu byagize uruhare.

Ati: “Iki n’ikibazo cy’ibihugu rero no kugira ngo gikemuke n’imugihe ibindi Bihugu byabahuje. Mugihe habonetse abahuza beza bazahagarara hagati bahuze ibi Bihugu byombi.”

Kw’iyamamaza muri RDC byatangiye kuri tariki ya 19/11/2023. Tshisekedi akaba amaze kw’iyamamariza mubice byinshi bigize i Ntara za Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Umudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe Ingabo z’u Burundi (FDNB) zahakanye byeruye ibirego byatanzwe n’abaturage ba Minembwe bibashinja kubafungira amasoko no kugaba ibitero...

Read moreDetails
Next Post

Bidasanzwe Moïse Katumbi, yakiriwe n'abaturage hafi y'abantu bose baturiye i Kalemie, maze bamwita "Baba wa Taifa, Mkombizi wetu."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?