Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U mudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire ya .perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu badepite bo munteko ishinga amategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Claude Rubaya, yanenze yivuye inyuma kandida nimero 20, perezida Félix Antoine Tshisekedi, kumyitwarire akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

You might also like

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Nk’uko yabivuze yagaragaje ko perezida Félix Tshisekedi ashaka kwerekana ko ubushamirane burihagati y’u Rwanda na Congo butazashira n’imugihe uriya mukuru wigihugu Tshisekedi akomeje kubwira abanyekongo ko leta ya Kigali yateye igihugu cyabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Félix Tshisekedi, ubwo yiyamamarizaga i Bandaka yabwiye abanyekongo ko hari Abakandida ba banyamahanga ko kandi bariya ba kandida impamvu batamagana u Rwanda ngo biva kukuba bariya ba kandida baratumwe na leta ya Kigali.

Uy’u Mukuru wigihugu rero agasaba abanyekongo ko mugihe bamutoreye Manda yakabiri kwazakora ibishoboka byose agatsinda intambara u Rwanda rwashoye kuri Congo.

Uriya mudepite wanenze perezida Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Gatatu, tariki 29/11/2023, yasohoye impapuro ziriho ubutumwa bugira buti:

“Tshisekedi yagize ikibazo cy’u Rwanda na Congo nkicye bwite ariko sibyo. Kwifashisha urwango ruri hagati ya Congo n’u Rwanda munyungu zo kugira ngo bazamutore harimo uguhubuka gukomeye.”

Yakomereje agira ati: “Gufata ikibazo nkaho kitazakemuka nabwo ni ukwihenda. Tshisekedi yibagiwe ko yabayeho inshuti yahafi na perezida Kagame nyuma biza kurangira. Ntakintu gihoraho rero nurwango ruri hagati y’u Rwanda na Congo ruzagira iherezo.”

Uy’u mudepite Rubaya Claude, yanatanze i Nama avuga ko ikibazo cy’u Rwanda na RDC kizakemuka ngo mugihe ibihugu byagize uruhare.

Ati: “Iki n’ikibazo cy’ibihugu rero no kugira ngo gikemuke n’imugihe ibindi Bihugu byabahuje. Mugihe habonetse abahuza beza bazahagarara hagati bahuze ibi Bihugu byombi.”

Kw’iyamamaza muri RDC byatangiye kuri tariki ya 19/11/2023. Tshisekedi akaba amaze kw’iyamamariza mubice byinshi bigize i Ntara za Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Umudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails
Next Post

Bidasanzwe Moïse Katumbi, yakiriwe n'abaturage hafi y'abantu bose baturiye i Kalemie, maze bamwita "Baba wa Taifa, Mkombizi wetu."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?