Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Mujyi wa Sake, winjiye muri hatari nyuma y’uko ingabo za Gen Sultan Makenga zifashe inkengero zayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 4, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M’urugamba rukomeye rwaramukiye muri teritware ya Masisi, kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023, rwongeye guhesha umutwe wa M23 gufata i mihana itatu iri munkengero z’u Mujyi wa Sake.

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Byavuzwe ko iriya mirwano y’umvikanye mo imbunda ziremereye n’izito kuva igihe c’isaha z’igitondo cyakare Saha 4:30Am, nimugihe ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zagabye biriya bitero zigamije guhorera umusirikare wo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR wari umuyobozi ukomeye Colonel Ruhinda Gaby, wiciwe muntambara ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa zihanganye mo n’ingabo za ARC/M23, ku Cyumweru tariki 03/12/2023.

Biriya bitero ihuriro ry’ingabo za Kinshasa babigabye muri Kilolirwe, Karenga na Rumeneti ahari ibirindiro by’ingabo za M23 maze ingabo za Gen Sultan Makenga zirwanaho amaherezo yaje kuba mabi kuri FDLR, Wagner, FARDC Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo kuko bahise bamburwa iriya Mihana iri munkengero z’u Mujyi wa Sake nka Bihambwe, Rubaya no kuri Trois antennes. Ibi byatumye abaturage bo muri Sake binjira mubihe by’ubwoba aho bivurwako habaye impagarara kuva igihe cy’isaha zasaambili ziki Gitondo cyo ku wa Mbere.

Iy’i mirwano kandi yabereye mugace ka Kabati, King na Kagoma ibice biteganye na Mushaki ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi na FDLR ndetse na FARDC. Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko ibi bice byose ko byamaze kuja mu Maboko y’u mutwe wa M23.

Kugeza ubu impande zose zihanganye ziracarebana ayingwe n’ubwo bivugwa ko amasasu yatangiye guceceka.

Iy’i mirwano yongeye kubera Abaturage impamvu yoguhunga k’ubwinshi nko mubihe byambere ubwo iriya mirwano y’uburaga mumpera z’umwaka wa 2021.

Bruce Bahanda.

Tags: U Mujyi wa Sake ngo winjiye muri hatari nyuma y'uko ingabo za Gen Sultan Makenga zifashe inkengero zayo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post

Guhohotera a Banyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC, bikomeje gufata indi ntera nimugihe Kabuye na Mberwa bafunzwe i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?