• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Mujyi wa Sake, winjiye muri hatari nyuma y’uko ingabo za Gen Sultan Makenga zifashe inkengero zayo.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M’urugamba rukomeye rwaramukiye muri teritware ya Masisi, kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023, rwongeye guhesha umutwe wa M23 gufata i mihana itatu iri munkengero z’u Mujyi wa Sake.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Byavuzwe ko iriya mirwano y’umvikanye mo imbunda ziremereye n’izito kuva igihe c’isaha z’igitondo cyakare Saha 4:30Am, nimugihe ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zagabye biriya bitero zigamije guhorera umusirikare wo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR wari umuyobozi ukomeye Colonel Ruhinda Gaby, wiciwe muntambara ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa zihanganye mo n’ingabo za ARC/M23, ku Cyumweru tariki 03/12/2023.

Biriya bitero ihuriro ry’ingabo za Kinshasa babigabye muri Kilolirwe, Karenga na Rumeneti ahari ibirindiro by’ingabo za M23 maze ingabo za Gen Sultan Makenga zirwanaho amaherezo yaje kuba mabi kuri FDLR, Wagner, FARDC Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo kuko bahise bamburwa iriya Mihana iri munkengero z’u Mujyi wa Sake nka Bihambwe, Rubaya no kuri Trois antennes. Ibi byatumye abaturage bo muri Sake binjira mubihe by’ubwoba aho bivurwako habaye impagarara kuva igihe cy’isaha zasaambili ziki Gitondo cyo ku wa Mbere.

Iy’i mirwano kandi yabereye mugace ka Kabati, King na Kagoma ibice biteganye na Mushaki ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi na FDLR ndetse na FARDC. Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko ibi bice byose ko byamaze kuja mu Maboko y’u mutwe wa M23.

Kugeza ubu impande zose zihanganye ziracarebana ayingwe n’ubwo bivugwa ko amasasu yatangiye guceceka.

Iy’i mirwano yongeye kubera Abaturage impamvu yoguhunga k’ubwinshi nko mubihe byambere ubwo iriya mirwano y’uburaga mumpera z’umwaka wa 2021.

Bruce Bahanda.

Tags: U Mujyi wa Sake ngo winjiye muri hatari nyuma y'uko ingabo za Gen Sultan Makenga zifashe inkengero zayo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Guhohotera a Banyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC, bikomeje gufata indi ntera nimugihe Kabuye na Mberwa bafunzwe i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?