Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

U mukuru wa M23, yahishuye ko yigeze kuja i Bujumbura, maze yita perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye indyandya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 20, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u mutwe wa M23 Bertrand Bisimwa, yise u mukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, indyandya.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu kiganiro giheruka kubera i Bunagana kuri uyu wa Gatandatu, tariki 18/11/2023, n’i ikiganiro cyari cyateguwe na M23 aho bashakaga kugaragariza Isi k’u mpamvu zibyo barwanira.

Uriya mukuru wa M23 Bertrand Bisimwa, yagarutse no kurugendo yigeze kugirira i Bujumbura n’imugihe yaragiye kuganira na perezida Evariste Ndayishimiye, w’u Burundi, aho ngo Bisimwa yamwiganiye kuntambara M23 ihanganyemo n’ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubwo ngo baganiraga Bisimwa yamubonagamo umutima w’ubugabo utahemuka ariko ngo byamutangaje amaze kubona ingabo z’u Burundi ziza kurwanya M23.

Bisimwa yagize ati: “N’ubu sindatahura neza ukuntu Evariste Ndayishimiye yohereje ingabo ze kurwanya M23. Twagiranye ikiganiro cyuburyo yahagarara akarangiza intambara irihagati ya M23 na leta ya Kinshasa.”

Yakomeje avuga ati: “Nabonaga ari umugabo w’inyangamugayo utahemuka ariko nasanze ari indyandya mbi.”

Ingabo za Perezida Evariste Ndayishimiye, zije kurwanya M23 mugihe iki gihugu c’u Burundi aricyo kiyoboye u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC).

Bisimwa arangiza ikiganiro i Bunagana akarere gahana u mupaka wa Congo n’igihugu ca Uganda, yatangaje ko ingabo ze zigiye kwerekana abandi basirikare b’u Burundi baheruka gufatirwa k’urugamba n’inyuma y’uko baheruka kwerekana abandi bari bafatiwe muntambara barwaniye munkengero z’u Mujyi wa Kitshanga uri mu bilometre 80 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: U mukuru wa M23 yahishuye ko yigeze kuja i Bujumbura maze yita perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye indyandya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Kuri uyu wa Mbere, tariki 20/11/2023, ihuriro ry'ingabo zirwana k'uruhande rwa Kinshasa, zashinze ibirindiro bikaze muri Luhonga bikingira u Mujyi wa Sake ntuje mu maboko ya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?