• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

U mutwe wa M23 washizeho imyanzuro ikomeye nyuma y’uko bakoranye ikiganiro n’abaturage ba Kitshanga.

minebwenews by minebwenews
November 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 26/11/2023, u mutwe wa M23, wakoranye ikiganiro n’abaturage baturiye u Mujyi wa Kitshanga maze ba basezeranya ibikorwa uyu mutwe ugiye gukora n’imugihe bavuga ko leta ya Kinshasa yo ya naniwe ndetse ko n’amahanga akomeje kurebera mugihe abantu bo bakomeza kwicwa nk’inyamanswa muri RDC.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Nibyemezo bikakaye ndetse bishobora kuzana ibikorwa bifasha abaturage:

“Gushakira abaturage umutekano uhagije mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Niba Guverinoma ya Kinshasa ikomeje gutsemba ko batazaganira na M23 bagahitamo ko ikibazo cyakemurwa n’imbunda twe tugiye gushakira kivu y’Amajyaruguru, u mutekano n’ubutabera busesuye byanze bikunze bigomba kuboneka vuba.”

“U mutwe wa M23, wiyemeje kumaraho imbaraga z’inyeshamba harimo iza FDLR ndetse n’indi mitwe y’Inyeshamba ikorana na FDLR ahanini imitwe y’inyeshamba igaragaza ingenga bitekerezo ya Genocide. Iy’ingenga bitekerezo ya Genocide yatangiye kugaragara mu mwaka w’ 1960 kugeza n’uyu munsi. Uyu mutwe wa M23 warahiriyeko utazemera ko abantu bakomeza kwicwa nk’inyamanswa bazira ubwoko bwabo, n’ubwo Amahanga yo yacyecyetse harimo Belgique, n’ubumwe bw’Uburayi, aho gutesha abakora Genocide hubwo bashigikira abicanyi n’Abajura ndetse n’Abasahura ubutunzi bw’abaturage.”

“Uyu mutwe kandi wiyemeje gusenya burundu inyeshamba zashizweho n’Abayobozi ba kinshasa. Muri RDC hari imitwe y’inyeshamba irenga 260 yica ikanyaga ndetse nogusahura amatungo y’abaturage bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo. Iriya mitwe Abayobozi ba Kinshasa bayikoresha kunyungu zabo batareba ibyabaturage ba bereye Abayobozi.”

“M23 biyemeje kandi gucura impunzi zose zahunze umutekano muke watewe naziriya nyeshamba zishigikiwe na Guverinoma ya Kinshasa.”

“Basoje bavuga ko bagiye guteza imbere akarera k’uburasirazuba bwa RDC, kuzana ibikorwa bifasha abaturage kwiteza imbere, kuzana inganda zikora amabuye y’Agaciro neza guteza imbere imihana mu kubaka imihanda n’inzira za Gari ya moshi kugira bizafashe Abacuruzi gukora neza.”

Bruce Bahanda.

Tags: U mutwe wa M23 washizeho imyanzuro ikomeye nyuma y'uko bakoranye ikiganiro n'abaturage ba Kitshanga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Kuri uyu wa Mbere, hongeye kuba imirwano hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC ibereye mugace ka Rugarama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?