• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

U mutwe wa Red Tabara urwanya leta y’u Burundi na Maï Maï Bishambuke bagabye ibirero mu baturage ba Batutsi, mu nkengero za Minembwe.

minebwenews by minebwenews
November 16, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U mutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bw’u Burundi na Maï Maï Bishambuke irwanya u bwoko bw’Abatutsi, bongeye kugaba ibitero bikomeye mubice biherereye mu nkengero za Komine Minembwe, muri teritware ya Fizi, i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

N’i urugamba rurimo kumvikanamo imbunda ziremereye n’izito, kuva igihe c’isaha za samoya(7:00Am), z’igitondo cyakare kugeza ubu amasaha y’igicamunsi, cyokuri uyu wa Kane, tariki 16/11/2023. Nk’uko iy’inkuru igera kuri Minembwe Capital News, ivuga ko izo Nyeshamba zagabye ibitero mu baturage ba Banyamulenge, baturiye inkengero za Komine Minembwe.

Umwe mu baturage baturiye Komine Minembwe, yabwiye Minembwe Capital News, ko abaturage b’irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho, batabaye abaturage maze barwana ku baturage aho ndetse baje gusubizayo ibyo bitero bya Red Tabara na Maï Maï Bishambuke.

Mu makuru yizewe tumaze guhabwa aka kanya n’uko kuri ubu Urugamba ruremeye mubice bya Bipimo, hejuru ya Kabanju na Bikarakara, homuri Secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi.

Agace ka Bikarakara, nagace gaherereye mu bilometre 5 na Komine Minembwe, ka kaba katurutsemo abarwanyi benshi ba Red Tabara baje bava muri Rugezi ahari ibirindiro bikuru bya Red Tabara. Bikarakara iri hakurya y’uruzi runini rwa Rwiko, ikaba ibarizwa hagati ya Gakangara na Kabingo.

Iy’imirwano yongeye kwaduka mugihe hari hamaze igihe hari agahenge kamahoro mu misozi miremire y’Imulenge. Byavuzwe ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zikorera muri Minembwe, ko zitegeze zitabara abaturage bagabweho ibitero naziriya Nyeshamba.

Ibi byatumye haba urwikekwe mubaturage baturiye Minembwe, ko Red Tabara na Mai Mai Bishambuke, koboba bagabye biriya bitero kubutumire bw’ingabo za FARDC ziyobowe na Brigadier General Andre Oketi Ohenzo na Colonel Alexis Rugabisha.

Aho n’umwaka wa 2020 ziriya Ngabo za RDC zakoranaga byahafi n’inyeshamba za Mai Mai mukugaba ibitero mu baturage ba Batutsi(Abanyamulenge), byasize bihitanye Abanyamulenge babarirwa mu magana ndetse binyaga n’Inka zabo zibarirwa mu bihumbi amagana.

Bruce Bahanda.

Tags: Bagabye ibitero mu baturage ba BatutsiKivu yamajy'EpfoMu nkengero za Komine MinembweU mutwe wa Red Tabara urwanya leta y'u Burundi na Maï Maï Bishambuke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Inkuru y'aka kanya n'uko Inka z'Abatutsi (Abanyamulenge), zongeye kunyarwa k'ubwinshi na Maï Maï, ikaba izinyagiye mu Gikozi.

Comments 1

  1. prapancha yatrikudu says:
    2 years ago

    hello there and thank you for your information –
    I’ve certainly picked up anything new from right here.
    I did however expertise some technical points using
    this website, as I experienced to reload the site many times
    previous to I could get it to load properly. I
    had been wondering if your hosting is OK?
    Not that I’m complaining, but slow loading instances times
    will often affect your placement in google and could damage your high-quality score if ads and marketing
    with Adwords. Well I am adding this RSS to my e-mail and can look out for
    much more of your respective interesting content. Ensure that you
    update this again very soon.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?