• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo bigiye kubana mu mahoro atarimo akavuyo.

Ni bikubiye mu bisubizo Trump yasubije umunyamakuru uheruka kumubaza icyo yiteze ku masezerano u Rwanda na RDC biheruka kugirana muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Trump asubiza iki kibazo yagize ati: “Dufite amakuru meza ku Rwanda na RDC. Ndatekereza ko tugiye kubona amahoro ku mibanire y’u Rwanda na Congo, kandi n’ibindi bihugu bike biri hafi kubona ayo mahoro. Twizeye ko bizaba ari byiza kandi twiteze ko bizakunda.”

Ibi ni nyuma y’aho minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungurehe, na mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba basinye amasezerano y’amateka hagati y’ibihugu byombi.

Ndetse kandi izi mpande zombi zemeranyije ko zigiye gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro uzasumwa n’impande zombi bitarenze tariki ya 02/05/2025.

Isinywa ry’aya masezerano ryabereye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, rikaba ryaragizwemo uruhare rukomeye na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Amerika, Marco Rubio.

Ibi byashimishije perezida Donald Trump, agaragaza ko atewe ishema no kuba akomeje kugira uruhare mu guhagarika intambara n’andi makimbirane hirya no hino ku isi.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zashoboye guhuza u Rwanda na Congo, nyuma y’aho Qatar igize uruhare runini ihuza perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo, Felix Tshisekedi bemezanya kumaraho umwuka mubi hagati y’ibihugu byabo. Ni mu gihe ibiganiro byaberaga i Luanda muri Angola ibyatangiye mu 2022 kugeza mu mpera z’umwaka wa 2024, byagaragaye ko impande zombi zananiwe kumvikana.

Tags: amahoroRdcRwanda
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
DRC and Burundian Forces Amass in Uvira Bases to Counter M23 Advance After Bukavu Falls

DRC and Burundian Forces Amass in Uvira Bases to Counter M23 Advance After Bukavu Falls

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?