• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zashimye u Rwanda na Congo Kinshasa byemeye gukomeza ibiganiro bigamije guhoshya umwuka mubi wa makimbirane bifitanye kuva mu ntangiriro z’umwaka w’2022.

Nk’uko biri, iri shimwe ryatanzwe n’umuvugizi w’ibiro bya Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga, Matthew Miller, aho yakurikiranye ibiganiro byahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo i Luanda mu gihugu cya Angola tariki ya 30/07/2024.

Mu byemeranyijweho ku mpande zombi, hamejwe ko M23 n’ingabo za RDC zihagarika imirwano guhera tariki ya 04/08/2024, kandi ko ibi bigomba kuzagenzurwa n’urwego ruhuriweho n’ibi bihugu byose rurimo inzobere mu butasi.

Icyemezo cyo guhagarika intambara kizatangira kubahirizwa ubwo agahenge k’ukwezi kasabwe na Amerika kazaba karangiye mu ijoro ryo ku itariki ya 03/08/2024.

U Rwanda, RDC na Angola byemejanije ko ibiganiro bya Luanda bizakomeza muri uku kwezi kwa munani uyu mwaka, bemeranya kandi ko ibiganiro by’Abanye-kongo bibera i Nairobi na byo bikwiriye gukomeza, kugira ngo hashakwe igisubizo kirambye cy’intambara zibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mathew yashimiye leta ya Luanda na perezida João Lourenço byumwihariko, “ku bw’umusanzu yatanze nk’umuhuza kugira ngo iyi myanzuro igerweho, kubwo kwemera gukomeza ibiganiro ngo bikemure aya makimbirane.”

Yanatangaje ko Amerika yiteguye gushyigikira ihagarikwa ry’imirwano no kugenzura uko bizakorwa, ibinyujije mu rwego ruhuriweho ruyobowe na Angola.

              MCN.
Tags: ByashimiweLeta Zunze Ubumwe z'AmerikaMatthew MillerU Rwanda na RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.

Umuryango wa SADC ubarizwamo na RDC, hamenyekanye ibyo uteganya gukora vuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?