• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, bari kwigira hamwe uko umutekano urambye wagaruka muri RDC nuko umutwe wa FDLR wasenywa burundu.

Mu kiganiro umuvugizi wa RDC yahaye itangaza makuru, bwana Patrick Muyaya yatangaje ko ‘gusenya FDLR ari imwe mu ngingo igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda ho muri Angola.’

Avuga kandi ko ibi biganiro bigamije gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu kwezi gushize, perezida wa Angola João Lourenço yagejeje kuri perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa RDC namugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame umushinga wabageza u Burasirazuba bwa RDC ku mahoro arambye, ibi yabikoze ubwo yari mu ruzinduko yagiriye i Kinshasa n’i Kinshasa.

Ndetse ibiro bya perezida wa Angola byatangaje ko ibihugu byombi bizahurira muri Angola bikaganira kuri uwo mushinga.

Nyuma ibiganiro by’abaminisitiri ku mpande zose baraganiriye, aho ibyo biganiro byabereye i Luanda muri Angola.

Muri iki kiganiro Patrick Muyaya yahaye igitangaza makuru cya France 24, yavuze ko “ibiganiro bya Luanda byongeye gutangira; avuga ko inama z’abaminisitiri zabaye ndetse ko no kuri uyumunsi habaye indi y’inzobere.”

Anavuga ko hizwe uko umutwe wa FDLR wasenywa burundu.

Yagize ati: “Hari kwigwa ku bintu bibiri; kuba FDLR igomba gusenywa burundu, ku rundi ruhande ingabo z’u Rwanda zigomba kuhava.”

Yanavuze kandi ko tariki ya 14/09/2024 hazaba inama yo ku rwego rw’abaminisitiri izagerageza gusesengura raporo y’inzobere.

Ikinyamakuru cya Africa Intelligence, cyandikirwa i Paris mu Bufaransa, giheruka gutangaza ko ‘ibiganiro by’i Luanda byateye intambwe, gusa ko ibyaganiweho bikirimo akabazo.’

Kinavuga kandi ko nyuma y’inama yahuje abakuriye ubutasi, n’abakuru b’ingabo bo ku ruhande rw’u Rwanda na Congo Kinshasa hamwe n’intumwa za M23 ubu i Luanda izongera ikakira ba minisitiri b’ubanye n’amahanga.

Nubwo biruko, ariko M23 ibarizwa mu ihuriro rya AFC ikomeje gushinja ingabo za RDC kurenga ku masezerano ya gahenge zigatera ibice bituwe n’abasivili bigenzurwa n’uyu mutwe wa M23 muri teritware ya Masisi, ariko kandi FARDC nayo mu kwezi gushize yashinje uyu mutwe kurenga ku gahenge ukagaba ibitero mu bice bigenzurwa n’ingabo zayo muri teritware ya Rutshuru.

              MCN.
Tags: FDLRGusenya burunduU Rwanda na RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

US investors cut leverage for first time since start of pandemic

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?