• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bigamije kurebera hamwe uko ibigo byo muri Amerika bishora imari muri ibi bihugu biherereye muri EAC (Afrika y’i Burasirazuba).

Ibi biganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije kurebera hamwe ko habaho ubufatanye mu kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro isi ikeneye; aya mabuye akaba aboneka muri RDC no mu Rwanda gusa.

Bimwe mu bigo by’ingufu byo muri Amerika, harimo icya SAFE byavuze ko gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na RDC mu rwego rwo kugarura amahoro mu karere, bizafungura amahirwe menshi y’ishoramari muri ibi bihugu mu cyiswe “regional economic integration framework.”

Ibi biganiro kandi byibanze ku kureba uko urwego rw’abikorera muri Amerika bashora imari kugira ngo ubukungu buri mu Rwanda na RDC bube imbarutso y’iterambere mu karere k’ibiyaga bigari aho kuba intandaro y’intambara.

Amerika ivuga ko iyi nama yitabiriwe na Jonathan Pratt umwe mu bayobozi babyo, akaba yaragaragaje ko perezida Donald Trump afite icyerekezo cy’amahoro muri aka karere binyuze kugashoramo imari ifatika ya Amerika.

Uyu muyobozi yanavuze ko umugambi uhuriweho wo guteza imbere akarere k’ibiyaga bigari uzaterwa n’uburyo abo bireba bazashyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC hagati y’u Rwanda na RDC.

Ku rundi ruhande hari abavuga ko ibiri muri aya masezerano y’i Washington DC ibyinshi muri ibyo, ngo ntibyashyizwe mu ngiro, harimo kandi ko n’imirwano itigeze ihagarara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: ibiganiroRdcRwandaWashington DC
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.

Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z'u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y'uko zigabye igitero mu Mikenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?