• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Luanda, menya ibyimbutse kuribyo biganiro.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Luanda, menya ibyimbutse kuribyo biganiro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Luanda, menya ibyimbutse kuribyo biganiro.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ukuva ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 20/08/2024, intumwa za Leta ya Kinshasa n’iza Kigali zahuriye i Luanda muri Angola, ku mpamvu z’u mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC na karere kose muri rusange.

Iz’intumwa z’ibihugu byombi ziyobowe n’ab’aminisitiri b’ubanyi n’amahanga, ku mpande zombi.

Amakuru nk’uko abivuga, Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Angola, Téte António, niwe wayoboye ibi biganiro bizamara iminsi ibiri aho byatangiye kuri uyu wa Kabiri.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe akaba ariwe uhagarariye intumwa z’u Rwanda muri ibi biganiro, mu gihe Thérèse Kayikwamba Wagner nawe ari we uyoboye izaje ziva muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi biganiro bikaba byarashizwe mu maboko ya perezida wa Angola, João Lourenço, nk’umuhuza washyizweho n’umuryango w’ubumwe bwa Afrika.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Angola, akoresheje urubuga rwa x yavuze ko ibiganiro by’amahoro bikomeje kandi icyizere cy’umubano mwiza kikaba gihari.

Mu biganiro kandi biheruka muri iki gihugu, byafatiwemo imyanzuro yari yitezweho umuti w’ibibazo bimaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse yabaga ishyigikiwe n’u Rwanda n’indi miryango mpuzamahanga.

Lourenço ubwe wenyine, nk’umuhuza muri ibi biganiro aheruka gutangariza abakuru b’ibihugu byo mu muryango w’ubuhahirane uhuza ibihugu byo mu majyepfo ya Afrika( Sadc) ko hari umugambi wo kugarura amahoro yagejeje ku bakuru bibihugu, uw’u Rwanda n’uwa RDC. Ibyo akaba yarabibabwiye mu rugendo aheruka kugirira i Kigali n’i Kinshasa mu cyumweru gishize.

            MCN.
Tags: ibiganiroLuandaRdcRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri peteroli yavuzwe mu gihugu cya Uganda.

Ibyo wa menya kuri peteroli yavuzwe mu gihugu cya Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?