• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC hamenyekanye indi ntambwe nshya byateye ku biganiro by’i Luanda.

minebwenews by minebwenews
November 26, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC hamenyekanye indi ntambwe nshya byateye ku biganiro by’i Luanda.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC hamenyekanye indi ntambwe nshya byateye ku biganiro by’i Luanda.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni amakuru yatangajwe n’umuhuza ari we Angola aho yatangaje ko Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y’urufunguzo rwo guteza imbere inzira y’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Tariki ya 25/11/2024 ni bwo iki gihugu cya Angola, biciye muri minisitiri wacyo w’ubabanye n’amahanga yagaragaje ko RDC n’u Rwanda kuri uyu wa mbere byemeye igitekerezo cy’inyandiko y’ibikorwa, kigomba kwerekana ibisabwa ngo ingabo z’u Rwanda zizave ku butaka bwa RDC. Gusa, u Rwanda rukaba rwarakunze kugenda ruhakana ko nta ngabo zifite kutaka bwa RDC.

Icyakora itangazo rya leta ya Angola ntabwo ryatanze ibisobanuro birambuye ku buryo bwakirikizwa kugira ngo ibyo bigerweho.

Ni mu gihe kandi umushinga wabanjirije ibi, wasabaga kubanza gusenya FDLR burundu, umutwe washyinzwe n’abarimo abakoze genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ibi byatangajwe na Angola bisa nk’ibyo abayobozi ba RDC bakunze kuvuga, ariko u Rwanda rwo ruvuga gukuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyize ku mupaka ariko ntirwemera ko rufite ingabo muri RDC.

Umutwe wa FDLR u Rwanda rwakunze gushyira mu majwi yabohungabanya umutekano w’iki gihugu, ni umwe mu mitwe yitwaje intwaro igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, gikorana nayo.

By’umwihariko uyu mutwe bakorana byahafi mu kurwanya umutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: AngolaInyandikoRdcRwandaUmukono
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.

Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z'u Burundi mu Mibunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?