Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC hamenyekanye indi ntambwe nshya byateye ku biganiro by’i Luanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 26, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC hamenyekanye indi ntambwe nshya byateye ku biganiro by’i Luanda.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC hamenyekanye indi ntambwe nshya byateye ku biganiro by’i Luanda.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni amakuru yatangajwe n’umuhuza ari we Angola aho yatangaje ko Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y’urufunguzo rwo guteza imbere inzira y’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Tariki ya 25/11/2024 ni bwo iki gihugu cya Angola, biciye muri minisitiri wacyo w’ubabanye n’amahanga yagaragaje ko RDC n’u Rwanda kuri uyu wa mbere byemeye igitekerezo cy’inyandiko y’ibikorwa, kigomba kwerekana ibisabwa ngo ingabo z’u Rwanda zizave ku butaka bwa RDC. Gusa, u Rwanda rukaba rwarakunze kugenda ruhakana ko nta ngabo zifite kutaka bwa RDC.

Icyakora itangazo rya leta ya Angola ntabwo ryatanze ibisobanuro birambuye ku buryo bwakirikizwa kugira ngo ibyo bigerweho.

Ni mu gihe kandi umushinga wabanjirije ibi, wasabaga kubanza gusenya FDLR burundu, umutwe washyinzwe n’abarimo abakoze genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ibi byatangajwe na Angola bisa nk’ibyo abayobozi ba RDC bakunze kuvuga, ariko u Rwanda rwo ruvuga gukuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyize ku mupaka ariko ntirwemera ko rufite ingabo muri RDC.

Umutwe wa FDLR u Rwanda rwakunze gushyira mu majwi yabohungabanya umutekano w’iki gihugu, ni umwe mu mitwe yitwaje intwaro igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, gikorana nayo.

By’umwihariko uyu mutwe bakorana byahafi mu kurwanya umutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: AngolaInyandikoRdcRwandaUmukono
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.

Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z'u Burundi mu Mibunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?