• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwa buriye Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko igihugu cyabo kirinzwe hasi no hejuru.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwa buriye Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko igihugu cyabo kirinzwe hasi no hejuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uturere tw’u Rwanda duhana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo bavuga ko badatewe ubwoba n’intambara ibera muri Congo, ngo kuko igihugu cy’u Rwanda kirinzwe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo nti bwahemye gushotora u Rwanda kuva imirwano y’ubura mu mwaka w’2021, hagati ya M23 n’ingabo za RDC, nabo bafatanije uru rugamba.

Perezida Félix Tshisekedi yakomeje kugaragaza ko ashaka gutera u Rwanda ngo yarangiza agakuraho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame, ari nabyo byatumye leta y’u Rwanda yibikaho ubwirinzi bwo mu kirere no k’ubutaka.

Kuri ubu u Rwanda rwa sohoye itangazo bavuga ko bafite ubwirinzi bwo mu kirere, ari abaherutse kuvuga ko bifuza kurasa u Rwanda bakoresheje i bisasu bya kure, rukaba ruvuga ko rufite gihamya ko aba bivuze bafite indege z’intambara.

Umuvugizi w’u Rwanda w’ungirije Alain Mukuralinda, yavuze ko ibi ba bitangaje nyuma y’uko perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, atangaje we ubwe ko naramuka yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu azarasa mu Rwanda yibereye i Goma.

Ati: “Ijambo rivuzwe na perezida w’igihugu icya ri cyo cyose, perezida ni urwego ntabwo tugomba kurifata nk’imikino. Niba avuga ngo njye mfite drone nshobora kurasira noneho i Goma nkarasa i Rubavu cyangwa se Muhanga cyangwa se i Kigali, nta bwo tugomba kubifata nk’imikino.”

Hari ubwo abasirikare ba Congo Kinshasa bagerageje kwinjira k’u butaka bw’u Rwanda banyuze Rubavu, aba bigerageje bose byarangiye bahasize ubuzima abandi bagafatwa mpiri.

Mu bushotoranyi bw’icyo gihugu hari n’ibisasu byatewe k’u butaka bw’u Rwanda ahanini nko mu bice byicyo gihugu bihana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, inzego z’u mutekano w’u Rwanda n’ubuyobozi bw’ibanze bakaba hafi y’abaturage.

Perezida w’u Rwanda y’izeje abaturage baturiye i gihugu abereye umuyobozi ko umutekano w’u Rwanda urinzwe ko ndetse ntanigishobora kuruhungabanya, ibi yabivuze ubwo kandi basoza ga umwaka w’2023, ndetse no mu nama y’umushikirano.

K’urundi ruhande imirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC ikomeje gusatira igana mu Mujyi wa Goma, n’ubwo bigaragara ko M23 idashaka gufata uy’u Mujyi wingenzi ku mabuye y’agaciro, ni mugihe uy’u mutwe uri mu ntera y’ibirometre 15 mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo. Muri axe ya Masisi aba barwanyi bari mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Ko rurinzwe Hasi no hejuruU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.

Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?