• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwa humurije Abarundi bari k’u butaka bw’igihugu c’u Rwanda ko kandi bo batakora ibyo Bujumbura yakoze.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Rwanda yavuze ko yo idashobora gufata icyemezo nk’icyo u Burundi bwafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

K’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, n’ibwo leta y’u Burundi yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi. Icyogihe minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu c’u Burundi Martin Niteretse, yahise atangaza ko nta muntu wemerewe gukoresha inzira yo k’ubutaka ya mbukiranya ibihugu byombi.

Martin, yashimangiye ko badashaka ko Abanyarwanda iki cyemezo cyasanze bakiri mu Burundi bagomba gutaha.

Nyuma y’ubu gato leta ya Kigali yasohoye itangazo rimenyesha ko ibabajwe nibyo u Burundi bwa fashe byo gukinga imipaka ko kandi binyuranye n’amategeko agenga imigenderanire n’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC).

Umuvugizi wa Guverinema ya Kigali Alain Mukuralinda yavuze ko Abanywanda bakiri k’u butaka bw’u Burundi bagomba kwitabwaho na leta y’u Burundi.

Yagize ati: “Ugomba gukora ibishoboka byose umutekano w’Abanyarwanda udashaka ku butaka bwawe uka w’ubahiriza kugeza igihe bazinjirira mu gihugu cyabo.”

Mukuralinda yashimangiye ko u Rwanda icyo rwa kora ari u kwakira Abanyarwanda birukanwe mu gihugu c’u Burundi mu gihe baba bageze k’u mipaka.

Yagize ati: “Ariko nta bwo ari u Rwanda rwavuga ngo rugiye kwinjira mu Burundi rugiye kubazana, nkekereka u Burundi bubitangiye uburenganzira.”

Yakomeje avuga ko u Rwanda rutarabona Abanyarwanda birukanwe mu Burundi ngo n’ubwo bikomeje kuvugwa mu makuru.

Ati: “Nta Banyarwanda turabona birukanwe mu Burundi. Hari abari bariyo batuyeyo , hari n’abari mu bucuruzi byenda nabigayo.”

Umuvugizi wa Guverinema y’u Rwanda yahumurije Abarundi batuye mu gihugu c’u Rwanda ko ntacyo bazaba , ati: “Rwose Abarundi batuye mu gihugu c’u Rwanda baryame basinzire ntacyo bazaba bakore ibyo bagomba gukora ntacyo bikanga kubera ingingo leta y’u Burundi yafashe yo gufunga imipaka.”

Gusa Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Guverinema y’u Burundi, Albert Shingiro mu Nama yakoranye n’Inteko Nshinga mategeko y’u Burundi, yavuze ko igihugu cye cyafunze imipaka yo k’ubutaka gusa ariko iy’ikirere ifunguye kuri buri wese. Iy’i Nama yabaye ejo hashize k’u wa Gatanu.

Bruce Bahanda.

Tags: AbarundiBahumurikeU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Lt Gen, yakanguriye Abanyekongo ku mwa amaraso y'abo yise Abanyarwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?