• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwafashe icyemezo gikaze nyuma y’ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera wa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 28, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwafashe icyemezo gikaze nyuma y’ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera wa RDC.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwafashe icyemezo gikaze nyuma y’ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera wa RDC.

You might also like

AFC/M23 igiye gushinga inzego z’ubutabera mu bice igenzura.

Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.

Urubanza rwo kuburanisha Kabila wahoze ari perezida wa RDC rwasubukuwe.

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwamagana amagambo rutwitsi ya minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutabamba, avuga ko ibi byatumye ubwirinzi bwakajijwe n’u Rwanda bugomba kugumaho.

Umuvugizi w’u Rwanda yabitangaje nyuma yamagambo gashozantambara yatangajwe na Constant Mutabamba, ibyo yatangaje ubwo yabwiraga imfungwa zo muri gereza ya Manzenze iri Goma hafi y’umupaka w’u Rwanda.

Uyu muyobozi wo muri Leta ya Kinshasa, yahamagariye imfungwa guhaguruka zikagirira nabi abo yise abanzi b’igihugu cyabo cya RDC, ari bo Banyekongo bavuga ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Yanavuze kandi ko ibyo kugirira nabi Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bagomba no kubikorera perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Usibye ibyo yanavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa butakwemera ko igihugu cyabo gifatwa n’Abanyarwanda , ndetse ko ngo bazafata uwo ari we wese, ndetse na perezida Paul Kagame tukazamufata.

Ibi nibyo umuvugizi w’u Rwanda yongeye kwamagana, avuga ko aya magambo ya Constant Mutabamba agaragaza intege nke n’iburabushobozi byakomeje kumunga ubutegetsi bwa Kinshasa.

Yagize ati: “Mbega ukuntu urwego rw’ubutabera bwa Kinshasa burwaye? Burarembye cyane kubona minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutabamba yambara agapfukamunwa yikinga umwuka mubi wo muri gereza ya Manzeze muri Goma, agakora ibisa nko gutera ibuye ku mupaka w’u Rwanda.”

Yavuze kandi ko “imvugo zurwango za Constant Mutabamba yavuze mururimi rw’igiswahili , ahamagarira imfungwa guhiga, kwamagana no kwica ‘Banyarwanda’ ndetse na perezida w’u Rwanda, kugira ngo zirekurwe.”

Yolande Makolo yasoje ubutumwa bwe agira ati: “Ibi ni byo u Rwanda rwakomeje guhangana na byo umunsi ku wundi. Ni na yo mpamvu ingamba z’ubwirinzi bw’u Rwanda zagumyeho.”

Tags: Constant MutabambaGashozantambaraYolande Makolo
Share47Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 igiye gushinga inzego z’ubutabera mu bice igenzura.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
AFC/M23 igiye gushinga inzego z’ubutabera mu bice igenzura.

AFC/M23 igiye gushinga inzego z'ubutabera mu bice igenzura. Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu bice byayo bigenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 igiye kubishyiramo...

Read moreDetails

Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.

Inama ya mbere y'urwego rugenzura iyubahirizwa ry'amasezerano y'amahoro ya Congo n'u Rwanda yateranye. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo muri iki cyumweru zahuriye i Washington...

Read moreDetails

Urubanza rwo kuburanisha Kabila wahoze ari perezida wa RDC rwasubukuwe.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

Urubanza rwo kuburanisha Kabila wahoze ari perezida wa RDC rwasubukuwe. Urukiko rukuru rw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo rwasubukuye urubanza rwa Joseph Kabila Kabange rumushinja kuba umuyobozi...

Read moreDetails

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n'abatwara ibinyabiziga. Umwuka mubi wavutse hagati ya guverinoma y'u Burundi n'abatwara abagenzi mu buryo busanzwe, ibyanatumye ingendo zihuza umujyi wa...

Read moreDetails

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikwiye kugaragaza ubushake bwo kurandura umutwe w'iterabwoba...

Read moreDetails
Next Post
Ibyingenzi wa menya ku gitabo cyanditswe na Georges Ruberwa.

Ibyingenzi wa menya ku gitabo cyanditswe na Georges Ruberwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?