• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwafashe icyemezo gikaze nyuma y’ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera wa RDC.

minebwenews by minebwenews
November 28, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwafashe icyemezo gikaze nyuma y’ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera wa RDC.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwafashe icyemezo gikaze nyuma y’ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera wa RDC.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwamagana amagambo rutwitsi ya minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutabamba, avuga ko ibi byatumye ubwirinzi bwakajijwe n’u Rwanda bugomba kugumaho.

Umuvugizi w’u Rwanda yabitangaje nyuma yamagambo gashozantambara yatangajwe na Constant Mutabamba, ibyo yatangaje ubwo yabwiraga imfungwa zo muri gereza ya Manzenze iri Goma hafi y’umupaka w’u Rwanda.

Uyu muyobozi wo muri Leta ya Kinshasa, yahamagariye imfungwa guhaguruka zikagirira nabi abo yise abanzi b’igihugu cyabo cya RDC, ari bo Banyekongo bavuga ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Yanavuze kandi ko ibyo kugirira nabi Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bagomba no kubikorera perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Usibye ibyo yanavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa butakwemera ko igihugu cyabo gifatwa n’Abanyarwanda , ndetse ko ngo bazafata uwo ari we wese, ndetse na perezida Paul Kagame tukazamufata.

Ibi nibyo umuvugizi w’u Rwanda yongeye kwamagana, avuga ko aya magambo ya Constant Mutabamba agaragaza intege nke n’iburabushobozi byakomeje kumunga ubutegetsi bwa Kinshasa.

Yagize ati: “Mbega ukuntu urwego rw’ubutabera bwa Kinshasa burwaye? Burarembye cyane kubona minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutabamba yambara agapfukamunwa yikinga umwuka mubi wo muri gereza ya Manzeze muri Goma, agakora ibisa nko gutera ibuye ku mupaka w’u Rwanda.”

Yavuze kandi ko “imvugo zurwango za Constant Mutabamba yavuze mururimi rw’igiswahili , ahamagarira imfungwa guhiga, kwamagana no kwica ‘Banyarwanda’ ndetse na perezida w’u Rwanda, kugira ngo zirekurwe.”

Yolande Makolo yasoje ubutumwa bwe agira ati: “Ibi ni byo u Rwanda rwakomeje guhangana na byo umunsi ku wundi. Ni na yo mpamvu ingamba z’ubwirinzi bw’u Rwanda zagumyeho.”

Tags: Constant MutabambaGashozantambaraYolande Makolo
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibyingenzi wa menya ku gitabo cyanditswe na Georges Ruberwa.

Ibyingenzi wa menya ku gitabo cyanditswe na Georges Ruberwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?