• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
July 20, 2025
in Regional Politics
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

You might also like

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry’inyandiko y’amahame y’ibanze ngenderwaho aganisha ku guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bikubiye mu itangazo minisiteri y’ubanyi n’amahanga y’u Rwanda yashyize hanze ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, rivuga ko ririya sinya ritanga icyizere cyo kugera ku mahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo no mu karere kose.

RDC yasinyanye na AFC/M23 inyandiko y’amahame y’ibanze ngenderwaho iganisha ku masezerano y’amahoro, nyuma y’igihe kigera ku kwezi isinyanye n’u Rwanda amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, imbere ya minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo, Marco Rubio tariki ya 27/06/2025.

Mu byo AFC /M23 na Leta ya Congo bumvikanye, harimo guhagarika ibitero byo ku butaka n’ibyo mu karere no mu mazi; gushyira iherezo ku icengezamatwara ryose rigamije urwango ndetse no kwirinda gufata uduce dushya ku mbaraga.

Byemeranyije kandi gushyiraho urwego ruzakurikirana iyubahirizwa ry’agahenge rurimo Monusco n’inzego z’akarere mu gihe byaba ngombwa.

Hari kandi gushyiraho ingamba zo kurema icyizere zirimo gushyiraho urundi rwego rwo kurekura imfungwa zifite aho zihuriye n’impande zombi, bikazakorwa ku bufasha bwa komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge.

Bitaganijwe ko impande zombi zigomba kuba zashyize mu bikorwa ibyo ziyemeje bitarenze tariki ya 29/07/2025, mbere yo gutangiza ibiganiro bitaziguye biganisha ku masezerano y’amahoro.

Mu gihe hataboneka ikibihundura amasezerano y’amahoro azasinywa tariki ya 18/08/2025.

Hagataho, u Rwanda rwijeje igitangaza ko ruzakomeza gutanga umusanzu warwo kugira ngo amahoro arambye ndetse n’iterambere ry’ubukungu rigerweho mu karere k’ibiyaga bigari.

Tags: AFC/m23DohaRdcRwanda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Ku wa Gatatu tariki ya/12/2025,...

Read moreDetails

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo Abarwanyi bo mu mitwe y’ihuriro rya Wazalendo, bahungiye mu Burundi mu gihe umujyi wa Uvira wafatwaga...

Read moreDetails

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Auto Draft

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw'u Burundi Umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) umaze kugira ingaruka zikomeye ku bukungu bw’ibihugu...

Read moreDetails

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yimwe ijambo...

Read moreDetails

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba Nubwo hakomeje kugaragara urugomo n’intonganya zikaze mu mvugo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?